Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Abafana bashimiye Haringingo, bamunenga kudakurikirana Abedi : Ubutumwa kuri APR FC
10/05/2026 - 15:18
Camarade yavuze ku birarane by’imishara muri Bugesera FC : Uyu mwaka waratuvunnye mu kwitegura Shampiyona
10/05/2026 - 14:55Iziheruka
Mukarubuga ateruye ubuvivi bwe nyuma yo kurokoka Jenoside mu buryo bugoye - Ubuhamya
18/04/2025 - 15:17
Uko Abanyabugeni n’Abanyabukorikori bakora ibihangano bisigasira amateka ya Jenoside
17/04/2025 - 12:11
Urwibutso rwa Sina Gerard kuri Alain Mukuralinda wasezeweho bwa nyuma
11/04/2025 - 10:27
Uko Ababiligi batereranye abarimo impinja Interahamwe zikabica - Ubuhamya bwa Mukayiranga
11/04/2025 - 10:13
Jabana: Imibiri yimuwe mu ngo ishyingurwa mu rwibutso rwa Jenoside
10/04/2025 - 10:55
#Kwibuka31: Abamburira ngo mvuga ukuri kukabakorogoshora, baziyahure - Perezida Kagame
8/04/2025 - 14:31
#Kibuka31: "Twari twarakiriye gupfa habura umunsi gusa" - Ubuhamya bwa Liliane warokokeye I Ntarama
8/04/2025 - 14:18
Bugesera: Mu birombe bya gasegereti haracyari imibiri y’abishwe muri Jenoside
6/04/2025 - 19:36
jye ndabashimye cyane kuko bagira umutima wo gukunda kuko bageraho bakibuka n’abababaye bakisanisha nabo bituma batiheba kndi nkashima kigalitoday byumwihariko TITI ukorera iNyanza
Kigaki today ndabashimye aho tutari murahatubera menye uko byari bimeze muri salax award kuko ntashoboye kujyayo. Nishimiye cyane ko King James yabaye umuhanzi w’umwaka ibyo ni byo nta marangamutima yabaye uri musore yarabikoreye kandi yarakoze cyane. Ubu ibirori byose amakwe ni we cyane mu ndirimbo umugisha, narashize,... Nakomereze aho King turamukunda aririmba neza gusa akomeze discipline twari tumuziho ntazahinduke ngo ate umurongo ni umuntuw’umugabo.