Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Mu Rwanda hasojwe ikoraniro mpuzamahanga ry’Abahamya ba Yehova ryitabiriwe n’abarenga ibihumbi 40
10/08/2025 - 23:37
Minisitiri w’Intebe yasuye umushinga w’ubuhinzi n’ubworozi wa Gabiro n’ibindi bikorwa
9/08/2025 - 17:03
Minisitiri w’Intebe yasuye uruganda rutunganya amakaro rwa Nyagatare
8/08/2025 - 16:36Iziheruka

Perezida Kagame yakiriye indahiro z’abaminisitiri bashya
13/12/2017 - 13:06
Wari wabona Ingagi zo mu birunga zitera akabariro?
11/12/2017 - 23:55
Abakunzi ba muzika bashimishijwe n’akabyiniro gacecetse
11/12/2017 - 13:14
Urugendo Mureshyankwano yanyuzemo muri Jenoside yakorewe Abatutsi
11/12/2017 - 12:41
Madame Jeannette Kagame yahembye abakiri bato bakoze ibikorwa by’indashyikirwa kurusha abandi
9/12/2017 - 06:27
Kubyara umwana ufite ubumuga bwo kutabona byamuteye gushinga ikigo cyita ku bana bameze nk’uwe
7/12/2017 - 16:57
Icyo ababyeyi ba Charly n’aba Nina bavuga ku rugendo rwabo muri muzika
4/12/2017 - 14:41
Video: Charly na Nina bashyize hanze umuzingo wabo wa mbere - IMBARAGA
4/12/2017 - 12:27
jye ndabashimye cyane kuko bagira umutima wo gukunda kuko bageraho bakibuka n’abababaye bakisanisha nabo bituma batiheba kndi nkashima kigalitoday byumwihariko TITI ukorera iNyanza
Kigaki today ndabashimye aho tutari murahatubera menye uko byari bimeze muri salax award kuko ntashoboye kujyayo. Nishimiye cyane ko King James yabaye umuhanzi w’umwaka ibyo ni byo nta marangamutima yabaye uri musore yarabikoreye kandi yarakoze cyane. Ubu ibirori byose amakwe ni we cyane mu ndirimbo umugisha, narashize,... Nakomereze aho King turamukunda aririmba neza gusa akomeze discipline twari tumuziho ntazahinduke ngo ate umurongo ni umuntuw’umugabo.