Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Davido yemeje Jay Polly nk’umuhanzi yemera mu Rwanda
4/03/2018 - 08:34
Umuco wa ’Protocol’ si mwiza - Perezida Kagame
2/03/2018 - 19:35
VIDEO: ’Mucike ku muco wo kwiremereza’ - Perezida Kagame
2/03/2018 - 08:51
VIDEO: ’Iyo nagiye ahantu, ahatari umuhanda barawuhashyira’ - Perezida Kagame
2/03/2018 - 08:43
WDA na C&H Garment mu bufatanye bwo kuvugurura umwuga w’ubudozi
1/03/2018 - 09:04
Umwiherero 2018: Abayobozi b’Uturere bariye indimi ku kibazo cy’imirire mibi n’isuku nke!
28/02/2018 - 08:34
VIDEO: Iradukunda Liliane w’imyaka 18 niwe wabaye Nyampinga w’u Rwanda 2018
25/02/2018 - 07:25
VIDEO: Yabazwe ikibyimba amaranye imyaka 6 ku gahanga
24/02/2018 - 09:47
Murakoze cyane ko mutumenyesha amakuru,iyi midugudu igenda yubakwa hose muri buri Karere biragaragarako Leta yahinduye ubuzima bw’abanyarwanda muburyo bushimishije,twe tuba mu mahanga tureba ibikorwa n’iterambere uko ryihuta nukuntu u Rwanda hose baba baruvuga neza tukishima,iyo tugenda hose tuba twumva dufite ishema kuko barwita ngo ni Singapore ya Africa kubera iterambere no kuzamura ubukungu muburyo budasanzwe kuko mucyegeranyo giheruka byagaragaye ko ubukungu bw’u Rwanda bwiyongera hejuru ya 8% buri mwaka bitoroshye ku igihugu cyivuye muri Genocide ,ikindi ni ukuntu President w’igihugu Kagame ashobora gusura abanyarwanda aho bari hose ku isi (Rwanda day) kdi bakaboneka,igikorwa ibindi bihugu byo ku isi byagerageje bikabananira bikagaragaza ubumwe n’ubufatanye abanyarwanda bafitanye buzatuma iterambere rikomeza kwihuta kurushaho, ni mukomerezaho turabakurikirana.