Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
WDA yiyemeje gufata iya mbere mu gufata mu mugongo abarokotse jenoside
12/04/2018 - 19:30
GICUMBI TVET: Nyuma y’imyuga, hatangijwe n’amasomo y’imikino ngororamubiri
10/04/2018 - 15:00
Kwibuka24: Gucana urumuri rw’ikizere, urugendo rwo kwibuka n’ijoro ryo kwibuka
9/04/2018 - 20:44
Kwibuka24: Ijambo rya Perezida Kagame ritangiza icyumweru cy’icyunamo
9/04/2018 - 09:48
KARABAYE! Dore ibyabaye ku muzungukazi wasuzuguye ubugufi bw’umugabo
5/04/2018 - 19:10
Yabyaje umusaruro amahirwe amukikije yihangira umurimo
3/04/2018 - 10:08
Video: Impunzi za mbere z’Abarundi zamaze kwambuka umupaka zitaha
1/04/2018 - 14:34
TVET Gicumbi: Uburyo budasanzwe butinyura abanyeshuri gusubiza
31/03/2018 - 17:20
Murakoze cyane ko mutumenyesha amakuru,iyi midugudu igenda yubakwa hose muri buri Karere biragaragarako Leta yahinduye ubuzima bw’abanyarwanda muburyo bushimishije,twe tuba mu mahanga tureba ibikorwa n’iterambere uko ryihuta nukuntu u Rwanda hose baba baruvuga neza tukishima,iyo tugenda hose tuba twumva dufite ishema kuko barwita ngo ni Singapore ya Africa kubera iterambere no kuzamura ubukungu muburyo budasanzwe kuko mucyegeranyo giheruka byagaragaye ko ubukungu bw’u Rwanda bwiyongera hejuru ya 8% buri mwaka bitoroshye ku igihugu cyivuye muri Genocide ,ikindi ni ukuntu President w’igihugu Kagame ashobora gusura abanyarwanda aho bari hose ku isi (Rwanda day) kdi bakaboneka,igikorwa ibindi bihugu byo ku isi byagerageje bikabananira bikagaragaza ubumwe n’ubufatanye abanyarwanda bafitanye buzatuma iterambere rikomeza kwihuta kurushaho, ni mukomerezaho turabakurikirana.