Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Sunny avuga ko kwitukuza ari nk’icyorezo. Iyumvire impamvu yamuteye kubikora
17/12/2019 - 11:41
Abanyarwanda 14.3% bugarijwe n’umubyibuho ukabije
17/12/2019 - 11:27
Mbega abakobwa bafite ubuhanga mu gucuranga ibyuma bya muzika!
16/12/2019 - 00:44
Iyumvire impamvu ibiganiro hagati y’u Rwanda na Uganda ntacyavuyemo
14/12/2019 - 12:14
Uko intumwa z’u Rwanda zakiriwe i Kampala mu biganiro byo kubyutsa umubano
13/12/2019 - 18:50
Mu ndirimbo Umuhanzi Davis D yise Dede, avugamo ko agusha Imvura. Iyumvire iyo mvura iyo ari yo
13/12/2019 - 17:59
Aba bakobwa bararirimba ukikanga abamalayika
8/12/2019 - 17:16
Iyumvire uko Uganda yashinyaguriye Nkurunziza ajya gushyingura Nyirakuru
5/12/2019 - 14:54
Murakoze cyane ko mutumenyesha amakuru,iyi midugudu igenda yubakwa hose muri buri Karere biragaragarako Leta yahinduye ubuzima bw’abanyarwanda muburyo bushimishije,twe tuba mu mahanga tureba ibikorwa n’iterambere uko ryihuta nukuntu u Rwanda hose baba baruvuga neza tukishima,iyo tugenda hose tuba twumva dufite ishema kuko barwita ngo ni Singapore ya Africa kubera iterambere no kuzamura ubukungu muburyo budasanzwe kuko mucyegeranyo giheruka byagaragaye ko ubukungu bw’u Rwanda bwiyongera hejuru ya 8% buri mwaka bitoroshye ku igihugu cyivuye muri Genocide ,ikindi ni ukuntu President w’igihugu Kagame ashobora gusura abanyarwanda aho bari hose ku isi (Rwanda day) kdi bakaboneka,igikorwa ibindi bihugu byo ku isi byagerageje bikabananira bikagaragaza ubumwe n’ubufatanye abanyarwanda bafitanye buzatuma iterambere rikomeza kwihuta kurushaho, ni mukomerezaho turabakurikirana.