Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Umushyikirano: Barore yasekeje abantu ubwo yari ayoboye ikiganiro
1/01/2020 - 18:56
Dore udushya twaranze igitaramo cya Chorale de Kigali 2019
1/01/2020 - 18:45
Umwaka mushya wa 2020! Reba uko fireworks zaturikijwe i Nyamirambo, kuri KCC n’i Remera
1/01/2020 - 09:24
Kigali mu isura nshya, hizihizwa Noheli n’umwaka mushya wa 2020
24/12/2019 - 15:06
Uko Perezida Kagame abona ikibazo cyo kwimura abatuye mu bishanga
23/12/2019 - 18:47
#Umushyikirano2019: Izina ’Keza Nyiramajyambere’ ryabaye izingiro ry’ibiganiro
23/12/2019 - 18:21
Amarangamutima y’abanyamahanga bitabiriye Umushyikirano wa 2019 bwa mbere
21/12/2019 - 12:50
Kigali: Abatuye mu bishanga batangiye kwimurwa, inzu zabo zirasenywa
17/12/2019 - 20:36
Murakoze cyane ko mutumenyesha amakuru,iyi midugudu igenda yubakwa hose muri buri Karere biragaragarako Leta yahinduye ubuzima bw’abanyarwanda muburyo bushimishije,twe tuba mu mahanga tureba ibikorwa n’iterambere uko ryihuta nukuntu u Rwanda hose baba baruvuga neza tukishima,iyo tugenda hose tuba twumva dufite ishema kuko barwita ngo ni Singapore ya Africa kubera iterambere no kuzamura ubukungu muburyo budasanzwe kuko mucyegeranyo giheruka byagaragaye ko ubukungu bw’u Rwanda bwiyongera hejuru ya 8% buri mwaka bitoroshye ku igihugu cyivuye muri Genocide ,ikindi ni ukuntu President w’igihugu Kagame ashobora gusura abanyarwanda aho bari hose ku isi (Rwanda day) kdi bakaboneka,igikorwa ibindi bihugu byo ku isi byagerageje bikabananira bikagaragaza ubumwe n’ubufatanye abanyarwanda bafitanye buzatuma iterambere rikomeza kwihuta kurushaho, ni mukomerezaho turabakurikirana.