Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Rayon Sports ifite ideni rya miliyoni Rwf800, kuri konti hari Rwf200,000 gusa
23/09/2020 - 13:13
Siporo rusange ya mbere yabaye hubahirizwa amabwiriza yo kwirinda Covid-19
20/09/2020 - 15:22
Ubu mu Rwanda umugore ashobora gutwitira mugenzi we
19/09/2020 - 18:32
Rusesabagina muri gereza: Urukiko rwategetse ko afungwa iminsi 30 y’agateganyo
18/09/2020 - 11:58
Rusesabagina mu rukiko. Uko urubanza ku ifunga n’ifungurwa ry’agateganyo rwagenze
15/09/2020 - 09:20
Video: Byagenze bite ngo havugwe ko Dr Mukwege yatewe ubwoba na Gen Kabarebe?
10/09/2020 - 13:21
Umwali Fanny: Rudatsimburwa yari yarantwaye uruhu n’uruhande, uko twakundanye biratangaje
8/09/2020 - 21:27
Abarokotse ibitero bya FLN barifuza ko Rusesabagina yajyanwa aho byabereye
8/09/2020 - 20:49
Murakoze cyane ko mutumenyesha amakuru,iyi midugudu igenda yubakwa hose muri buri Karere biragaragarako Leta yahinduye ubuzima bw’abanyarwanda muburyo bushimishije,twe tuba mu mahanga tureba ibikorwa n’iterambere uko ryihuta nukuntu u Rwanda hose baba baruvuga neza tukishima,iyo tugenda hose tuba twumva dufite ishema kuko barwita ngo ni Singapore ya Africa kubera iterambere no kuzamura ubukungu muburyo budasanzwe kuko mucyegeranyo giheruka byagaragaye ko ubukungu bw’u Rwanda bwiyongera hejuru ya 8% buri mwaka bitoroshye ku igihugu cyivuye muri Genocide ,ikindi ni ukuntu President w’igihugu Kagame ashobora gusura abanyarwanda aho bari hose ku isi (Rwanda day) kdi bakaboneka,igikorwa ibindi bihugu byo ku isi byagerageje bikabananira bikagaragaza ubumwe n’ubufatanye abanyarwanda bafitanye buzatuma iterambere rikomeza kwihuta kurushaho, ni mukomerezaho turabakurikirana.