Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Uko ibiganiro hagati y’u Rwanda n’u Burundi ku mupaka wa Nemba byagenze
20/10/2020 - 17:16
Abarundi n’Abanyarwanda turaziranye, ibibazo byacu turabyikemurira - Minisitiri Shingiro
20/10/2020 - 16:10
Twasuye Senateri mushya Kanziza Epiphanie. Yategaga moto ajya ku kazi
18/10/2020 - 18:09
Ikibazo cy’umunuko uturuka mu kimoteri cya Nduba cyavugutiwe umuti
13/10/2020 - 19:41
Uko abakekwaho ubutekamutwe barimo umupolisi bamuriye arenga miliyoni
13/10/2020 - 19:34
Polisi yerekanye abajura bari barajujubije abacuruza lisansi bibisha intwaro gakondo
9/10/2020 - 11:54
MINEDUC si yo igenera Kaminuza amatariki yo gutangira, iyiteguye yatangira kwigisha - Dr Uwamariya
8/10/2020 - 10:28
Batanu bakekwaho kwica umuntu bafashwe. Uko bamwishe barabisobanura
7/10/2020 - 14:54
Murakoze cyane ko mutumenyesha amakuru,iyi midugudu igenda yubakwa hose muri buri Karere biragaragarako Leta yahinduye ubuzima bw’abanyarwanda muburyo bushimishije,twe tuba mu mahanga tureba ibikorwa n’iterambere uko ryihuta nukuntu u Rwanda hose baba baruvuga neza tukishima,iyo tugenda hose tuba twumva dufite ishema kuko barwita ngo ni Singapore ya Africa kubera iterambere no kuzamura ubukungu muburyo budasanzwe kuko mucyegeranyo giheruka byagaragaye ko ubukungu bw’u Rwanda bwiyongera hejuru ya 8% buri mwaka bitoroshye ku igihugu cyivuye muri Genocide ,ikindi ni ukuntu President w’igihugu Kagame ashobora gusura abanyarwanda aho bari hose ku isi (Rwanda day) kdi bakaboneka,igikorwa ibindi bihugu byo ku isi byagerageje bikabananira bikagaragaza ubumwe n’ubufatanye abanyarwanda bafitanye buzatuma iterambere rikomeza kwihuta kurushaho, ni mukomerezaho turabakurikirana.