Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

BIME AMATWI : RIB iraburira abatekamutwe bakora ubwambuzi bushukana bifashishije telefone
17/09/2025 - 08:17
Rwanda, a light in darkness. Doesn’t Compete with others, but itself: UAE Strategist Amjad Taha
16/09/2025 - 16:32
Universe Boxing Championship (UBC) Presents The Match Between: Niyonagize Isaac VS Nsabimana David
15/09/2025 - 21:10Iziheruka

Siporo yunze Abanyarwanda: Amateka ya Amb. Karabaranga wakanyujijeho muri Volleyball
24/04/2025 - 13:14
Nangiwe kwiga iseminari bavuga ngo nabyawe n’indaya - Ubuhamya
24/04/2025 - 12:55
Rwanda Beyond The Headlines, Is the Belgian Tail wagging the European dog?
23/04/2025 - 11:32
Abashoferi bagiye kujya bahabwa amanota ku myitwarire yo mu muhanda - ACP Rutikanga
19/04/2025 - 13:47
Mukarubuga ateruye ubuvivi bwe nyuma yo kurokoka Jenoside mu buryo bugoye - Ubuhamya
18/04/2025 - 15:17
Uko Abanyabugeni n’Abanyabukorikori bakora ibihangano bisigasira amateka ya Jenoside
17/04/2025 - 12:11
Urwibutso rwa Sina Gerard kuri Alain Mukuralinda wasezeweho bwa nyuma
11/04/2025 - 10:27
Uko Ababiligi batereranye abarimo impinja Interahamwe zikabica - Ubuhamya bwa Mukayiranga
11/04/2025 - 10:13
akanozasuku bazagakureho
Akanozasuku nsanga uwakazanye atari imbabazi cyangwa impuhwe z’ubuzima bwa rubanda yari agamije ahubwo ni Business. IMPAMVU: 1. Iyo ukambaye watutubikanye Casque n’ubundi icyuya cyawe kiyigeraho. 2. Nsanga ntaho ataniye nuwavuze guca ama sachets yo guhahiramo kandi tukaba tukigura ibintu bifunze muri zo. urugero: a. Nta shati wasanga mu iduka itari mu i sachet kimwe n’indi myenda. a. Iyo uguze isukari usanga imbere mu mufuka harimo i sachet. c. Hari reams z’impapuro ziza zifunitse mu i sachet. yewe ni byinshi umuntu yatangaho ingero. Rero nsanga yarihangiye umurimo wo gukora amballage z’ibipapuro (Usage unique)kuko amballage z’ama Sachets wayikoreshaga none ejo ukayimesa. UKO MBIBONA KU KANOZASUKU: Nibakore akantu byibura karemereyemo gake (Icyuya kidapfa kumena ngo kigere ku mwenda wa Casque, Kabe gashobora kumeswa kugira ngo gakoreshwe kenshi, gashirwe ahantu hose bityo umugenzi akigurire, igihe cyose akagendane nk’itegeko noneho natega moto abe agafite. Nibahagarika umumotari, umugenzi abe ariwe ukabazwa. Mwaba mwibuka induru zavuze igihe bategeka ko umugenzi yambara casque? kuki se byageze aho bigakunda? Nibadushakire akantu kenda kumera nka karya abadamu bashyira mu mutwe kugira ngo umusatsi wabo utajagarara.