Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Ribara uwariraye - Ikiganiro cyihariye n’umuvugizi wungirije wa RDF
4/07/2025 - 08:36
Uruhare rwa Radio Muhabura mu kubohora u Rwanda: Ikiganiro na Mwewusi Karake na Assoumpta U. Seminega
2/07/2025 - 19:16
Kuzahura urwego rw’ubuzima, guhangana n’ubukene nyuma ya Jenoside… Ikiganiro na Dr Vincent Biruta
4/07/2025 - 08:23Iziheruka

"Not Up to the UK to tell us what to do" in DRC - Rwanda FM Olivier Nduhungirehe at UNSC
27/03/2025 - 23:13
MC Brian: Asengerwa n’umugore we mbere yo kujya ku kazi (Part 2)
25/03/2025 - 10:52
Rwanda Beyond The Headlines: Rwanda Foreign Minister on Belgium’s Anti Rwanda Campaign
20/03/2025 - 13:05
Babaye Intwari: Uko abanyeshuri b’i Nyange banze kwitandukanya imbere y’abacengezi
18/03/2025 - 22:06
Perezida Kagame yihanangirije u Bubiligi kubera uko bwitwara mu ntambara ya Congo
16/03/2025 - 16:36
Igitaramo cy’Inka: Itorero Inyamibwa mu mbyino gakondo zinogeye amaso
16/03/2025 - 11:03
Tujyane ku ishuri rya Muzika ry’u Rwanda aharemerwa ibirangirire
14/03/2025 - 09:10
Irebere uko abagore bakataje mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro
12/03/2025 - 09:00
akanozasuku bazagakureho
Akanozasuku nsanga uwakazanye atari imbabazi cyangwa impuhwe z’ubuzima bwa rubanda yari agamije ahubwo ni Business. IMPAMVU: 1. Iyo ukambaye watutubikanye Casque n’ubundi icyuya cyawe kiyigeraho. 2. Nsanga ntaho ataniye nuwavuze guca ama sachets yo guhahiramo kandi tukaba tukigura ibintu bifunze muri zo. urugero: a. Nta shati wasanga mu iduka itari mu i sachet kimwe n’indi myenda. a. Iyo uguze isukari usanga imbere mu mufuka harimo i sachet. c. Hari reams z’impapuro ziza zifunitse mu i sachet. yewe ni byinshi umuntu yatangaho ingero. Rero nsanga yarihangiye umurimo wo gukora amballage z’ibipapuro (Usage unique)kuko amballage z’ama Sachets wayikoreshaga none ejo ukayimesa. UKO MBIBONA KU KANOZASUKU: Nibakore akantu byibura karemereyemo gake (Icyuya kidapfa kumena ngo kigere ku mwenda wa Casque, Kabe gashobora kumeswa kugira ngo gakoreshwe kenshi, gashirwe ahantu hose bityo umugenzi akigurire, igihe cyose akagendane nk’itegeko noneho natega moto abe agafite. Nibahagarika umumotari, umugenzi abe ariwe ukabazwa. Mwaba mwibuka induru zavuze igihe bategeka ko umugenzi yambara casque? kuki se byageze aho bigakunda? Nibadushakire akantu kenda kumera nka karya abadamu bashyira mu mutwe kugira ngo umusatsi wabo utajagarara.