Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

SADC yacyuye intwaro zayo zari muri RDC izinyujije mu Rwanda
29/04/2025 - 18:20
EdTech: Guteza Imbere Amasomo ya Siyansi n’ Ikoranabuhanga hifashishijwe Ikoranabuhanga mu Burezi
29/04/2025 - 17:53
"U Rwanda urusasira imigozi rukayiguhambiriza" - Dr Bizimana agaruka ku barwifuriza inabi
25/04/2025 - 23:57Iziheruka

Abacanshuro barwaniraga muri Congo biruhukije bageze mu Rwanda
29/01/2025 - 15:12
Impunzi zirimo n’abacanshuro barwaniraga muri Congo zikomeje kuza mu Rwanda
29/01/2025 - 15:00
Baratatse M23 irabumva: Operation yo kubohoza abashoferi b’Abanyamahanga i Goma
29/01/2025 - 13:24
RwandAir na RBC: Dore amashoti n’amacenga byaranze umukino wahuje ibi bigo
27/01/2025 - 15:17
Intwari z’i Nyange zanze kwitandukanya: Ibyababayeho mu ijoro ry’icuraburindi
24/01/2025 - 18:51
Abadozi bo mu Rwanda biyemeje kwibagiza abantu burundu Caguwa
24/01/2025 - 18:35
Sadate yahishuye inkomoko y’ubutunzi bwe, menya igisobanuro cy’ubukire
24/01/2025 - 18:20
Amarangamutima y’abari bamaze imyaka baribwe moto bakaba bazisubijwe
21/01/2025 - 14:07
akanozasuku bazagakureho
Akanozasuku nsanga uwakazanye atari imbabazi cyangwa impuhwe z’ubuzima bwa rubanda yari agamije ahubwo ni Business. IMPAMVU: 1. Iyo ukambaye watutubikanye Casque n’ubundi icyuya cyawe kiyigeraho. 2. Nsanga ntaho ataniye nuwavuze guca ama sachets yo guhahiramo kandi tukaba tukigura ibintu bifunze muri zo. urugero: a. Nta shati wasanga mu iduka itari mu i sachet kimwe n’indi myenda. a. Iyo uguze isukari usanga imbere mu mufuka harimo i sachet. c. Hari reams z’impapuro ziza zifunitse mu i sachet. yewe ni byinshi umuntu yatangaho ingero. Rero nsanga yarihangiye umurimo wo gukora amballage z’ibipapuro (Usage unique)kuko amballage z’ama Sachets wayikoreshaga none ejo ukayimesa. UKO MBIBONA KU KANOZASUKU: Nibakore akantu byibura karemereyemo gake (Icyuya kidapfa kumena ngo kigere ku mwenda wa Casque, Kabe gashobora kumeswa kugira ngo gakoreshwe kenshi, gashirwe ahantu hose bityo umugenzi akigurire, igihe cyose akagendane nk’itegeko noneho natega moto abe agafite. Nibahagarika umumotari, umugenzi abe ariwe ukabazwa. Mwaba mwibuka induru zavuze igihe bategeka ko umugenzi yambara casque? kuki se byageze aho bigakunda? Nibadushakire akantu kenda kumera nka karya abadamu bashyira mu mutwe kugira ngo umusatsi wabo utajagarara.