Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Aba Ofisiye bakuru mu bihugu 9 by’Afurika basoje amasomo mu ishuri Rikuru rya Polisi y’u Rwanda
22/06/2025 - 17:13
RPF-Inkotanyi and China’s CPC Strengthen Ties with New Cooperation Agreements
22/06/2025 - 17:09
Ikiganiro ku Byakozwe na Guverinoma mu guteza Imbere imibereho y’Abanyarwanda
20/06/2025 - 12:11Iziheruka

Ingengabihe y’irushanwa rya Miss Rwanda 2022 yamenyekanye
24/12/2021 - 21:04
Abantu 16 bafashwe bakorera ibirori bitemewe mu rugo, bane muri bo bafite COVID-19
22/12/2021 - 21:40
Uwa mbere atsindiye Frw1,000,000 muri tombola ya Inzozi Lotto
21/12/2021 - 17:19
Kigali: Hatashywe irerero ryita ku bana mu gihe ababyeyi babo bari mu kazi
17/12/2021 - 17:07
Kigali: Abasore bane bakurikiranyweho kuniga no gusambanya abakobwa
17/12/2021 - 17:01
Abantu 151 bafatiwe mu rugo rw’umuturage basenga binyuranyije n’amabwiriza yo kwirinda Covid-19
17/12/2021 - 16:53
Uruhare rw’abahanzi mu gukangurira abaturage kwirinda COVID-19
17/12/2021 - 16:16
Umwihariko wa Tombola ‘Inzozi Lotto’ : Tsindira cash uteze imbere siporo mu Rwanda
14/12/2021 - 21:03
akanozasuku bazagakureho
Akanozasuku nsanga uwakazanye atari imbabazi cyangwa impuhwe z’ubuzima bwa rubanda yari agamije ahubwo ni Business. IMPAMVU: 1. Iyo ukambaye watutubikanye Casque n’ubundi icyuya cyawe kiyigeraho. 2. Nsanga ntaho ataniye nuwavuze guca ama sachets yo guhahiramo kandi tukaba tukigura ibintu bifunze muri zo. urugero: a. Nta shati wasanga mu iduka itari mu i sachet kimwe n’indi myenda. a. Iyo uguze isukari usanga imbere mu mufuka harimo i sachet. c. Hari reams z’impapuro ziza zifunitse mu i sachet. yewe ni byinshi umuntu yatangaho ingero. Rero nsanga yarihangiye umurimo wo gukora amballage z’ibipapuro (Usage unique)kuko amballage z’ama Sachets wayikoreshaga none ejo ukayimesa. UKO MBIBONA KU KANOZASUKU: Nibakore akantu byibura karemereyemo gake (Icyuya kidapfa kumena ngo kigere ku mwenda wa Casque, Kabe gashobora kumeswa kugira ngo gakoreshwe kenshi, gashirwe ahantu hose bityo umugenzi akigurire, igihe cyose akagendane nk’itegeko noneho natega moto abe agafite. Nibahagarika umumotari, umugenzi abe ariwe ukabazwa. Mwaba mwibuka induru zavuze igihe bategeka ko umugenzi yambara casque? kuki se byageze aho bigakunda? Nibadushakire akantu kenda kumera nka karya abadamu bashyira mu mutwe kugira ngo umusatsi wabo utajagarara.