Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Ubuhamya bw’umunyarwandakazi wahoze muri Wazalendo - Uko bafashaga FARDC kurwanya M23
2/05/2025 - 07:41
Ntabwo nigeze nimana ubutaka bwo kwaguriraho ingoro ya Yezu Nyirimpuhwe - Rwagashayija yisobanuye
2/05/2025 - 07:29
Perezida yadutumye ngo tworohereze abamotari - IGP Namuhoranye, Umukuru wa Polisi
30/04/2025 - 20:32Iziheruka

RIB yerekanye abantu babiri bakekwaho kuniga abaturage bakabambura ibyabo
4/12/2021 - 21:18
Perezida Kagame asanga ibihugu bya Afurika bidakwiriye kuzira kuba byaravugishije ukuri kuri virusi ya Omicron
3/12/2021 - 15:33
Bihinduke cyangwa se namwe muhindurwe - Kagame abwira abayobozi b’inzego z’ibanze
3/12/2021 - 15:16
Yves Mutabazi na Moshions mu bahembwe na Jeannette Kagame
3/12/2021 - 14:59
Ihere ijisho uyu mukino ugaragaza ishusho ya Imbuto Foundation mu myaka 20 ishize
3/12/2021 - 14:44
Imyaka 20 ya Imbuto Foundation mu guhindura ubuzima bw’Abanyarwanda
3/12/2021 - 14:32
U Rwanda rwakiriye inkura z’umweru 30
30/11/2021 - 19:17
#ImbutoTurns20: Ubutumwa bwa Madamu Jeannette Kagame
28/11/2021 - 11:59
akanozasuku bazagakureho
Akanozasuku nsanga uwakazanye atari imbabazi cyangwa impuhwe z’ubuzima bwa rubanda yari agamije ahubwo ni Business. IMPAMVU: 1. Iyo ukambaye watutubikanye Casque n’ubundi icyuya cyawe kiyigeraho. 2. Nsanga ntaho ataniye nuwavuze guca ama sachets yo guhahiramo kandi tukaba tukigura ibintu bifunze muri zo. urugero: a. Nta shati wasanga mu iduka itari mu i sachet kimwe n’indi myenda. a. Iyo uguze isukari usanga imbere mu mufuka harimo i sachet. c. Hari reams z’impapuro ziza zifunitse mu i sachet. yewe ni byinshi umuntu yatangaho ingero. Rero nsanga yarihangiye umurimo wo gukora amballage z’ibipapuro (Usage unique)kuko amballage z’ama Sachets wayikoreshaga none ejo ukayimesa. UKO MBIBONA KU KANOZASUKU: Nibakore akantu byibura karemereyemo gake (Icyuya kidapfa kumena ngo kigere ku mwenda wa Casque, Kabe gashobora kumeswa kugira ngo gakoreshwe kenshi, gashirwe ahantu hose bityo umugenzi akigurire, igihe cyose akagendane nk’itegeko noneho natega moto abe agafite. Nibahagarika umumotari, umugenzi abe ariwe ukabazwa. Mwaba mwibuka induru zavuze igihe bategeka ko umugenzi yambara casque? kuki se byageze aho bigakunda? Nibadushakire akantu kenda kumera nka karya abadamu bashyira mu mutwe kugira ngo umusatsi wabo utajagarara.