Abasore babiri b’impanga bakoze ubukwe n’abandi bakobwa b’impanga!

26/11/2013 - 12:20     

Ibitekerezo ( 26 )

Natwe Tubifurije urugo ruhire

Fiston yanditse ku itariki ya: 27-11-2013

Ibi bintu byakozwe n’Imana yo ishobora byose.Ariko nabonye n’abandi bagomba kuba ari impanga bari babatahiye ubukwe.Hari abakobwa 2 b’inzobe (n’ubwo 1 yagezaho akambara lunette), hakaba abana 2 bari bicaye imbere, ndetse n’abandi bakobwa 2 babaririmbiye. Byari byiza cyane kandi Imana ibishimirwe. P.S.Ntabyera ngo de!Uyu munyamakuru wanditse umutwe w’iyi nkuru akwiye amahugurwa ku myandikire y’ururimi rw’i Kinyarwanda.Umuntu koko w’umunyamakuru ntazi aho inyuguti nkuru ikoreshwa?!Birababaje.Ariko niba uri mubize muri ibi bihe, umuntu yapfa kukumva.

Kanyarwanda yanditse ku itariki ya: 27-11-2013

Urugo ruhire nukuri nibyuiza Imana izabibafashemo bakomeze umutima mwiza no kwiyubaka.

Emm. yanditse ku itariki ya: 27-11-2013
  Pages:

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.