Abasore babiri b’impanga bakoze ubukwe n’abandi bakobwa b’impanga!

26/11/2013 - 12:20     

Ibitekerezo ( 26 )

nukuri ubu bukwe buranshimishije cyane gusa imana izababarire ibahe nurubyaro bazabyarire igihe kimwe kandi babyare igitsina kimwe abahungu gusa cg abakobwa gusa

kagabo jean pierre yanditse ku itariki ya: 9-12-2013

Nsengimana Egide Mukarere Ka Kamonyi ntikuri ni bintu bitagaje mbifurije urungo ruhire.

Nsengimana Egide yanditse ku itariki ya: 6-12-2013

Byari byiza gusa abasore bahagaze ibumoso bw’abakobwa, abakobwa bahagarara i buryo bw’abahungu. Ntabwo ari ibyo umugore yakuwe mu rubavu rw’ibumoso rw’umugabo, bityo abagore bagomba guhagara i bumoso, abagabo i buryo.

Matabaro yanditse ku itariki ya: 4-12-2013
  Pages:

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.