Urwego rw’Umuvunyi mu rugamba rwo kurwanya ruswa n’akarengane

10/01/2013 - 10:10     

Ibitekerezo ( 8 )

mfite ikibazo cy ubutaka buherereye mu karere ka karongi.
ni ubutaka bw umurage twabusize duhunze mu1973 tugarutse dusanga bwatujwemo abandi baturage kdi abo baturage biyemerera ko ari ubwacu arko bakaba bara buhawe na leta none nagiraga ngo mumfashe munsobaanurire nagiye kububurana basaba abaturage ko twagabana ntibakwemera, none ubwo nasabaga uburyo narenganurwa najye nkasubizwa gakondo.murakoze mugihe nkitegereje ubufasha

Rutagengwa Mussa yanditse ku itariki ya: 1-09-2014

ISENGESHO:please ourGod MANA YACU REBA AHO AKARENGANE KATUGEJEJE.N’INGARUKA ZIGIHE KIREKIRE KATEJE MAZE IBYANDITWE BISOHORE NGO:UHIRIKA IBUYE,RIZAMUCA AGATSINSINO.KANDINGO:DUTANGE NATWE TUZAHABWA URUGERO,RUCUGUSHIJE,RUTSINDAGIYE NIRWO TUZAGERERWAMO NATWE and soon./umubwiriza/matayo

mudogo,samuel yanditse ku itariki ya: 22-05-2014

REKATUVUGE TWEREZA KUKARENGANE. murukiko rwibanze rwa GASHALI mumurenge wa gashali ,akarere ka karongi,intarara y’iburengerazuba :hari akarengane AHO UMUCAMANZA ACA URUBANZA YIRENGAGIJE AMATEGEKO NIBIMENYETSO: IBYOKANDI,NI UKWIHUTISHA URUPFU/IYICARUBOZO.UBUSAZWE TWESETUZAPFA (kuko imana yabivuze) SINGOMBWA KWIHUTISHA URUPFU. MUZADUSABIRE KURENGANURWA.MURAKOZE.

mudogo,samuel yanditse ku itariki ya: 15-05-2014
  Pages:

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.