Urwego rw’Umuvunyi mu rugamba rwo kurwanya ruswa n’akarengane

10/01/2013 - 10:10     

Ibitekerezo ( 10 )

Ndasaba nimero twahamaraho ikadufasha

[email protected] yanditse ku itariki ya: 13-08-2025

Muraho neza twabasaba nimero twahamagara umuntu ajyize akarengane

[email protected] yanditse ku itariki ya: 12-08-2025

mfite ikibazo cy ubutaka buherereye mu karere ka karongi.
ni ubutaka bw umurage twabusize duhunze mu1973 tugarutse dusanga bwatujwemo abandi baturage kdi abo baturage biyemerera ko ari ubwacu arko bakaba bara buhawe na leta none nagiraga ngo mumfashe munsobaanurire nagiye kububurana basaba abaturage ko twagabana ntibakwemera, none ubwo nasabaga uburyo narenganurwa najye nkasubizwa gakondo.murakoze mugihe nkitegereje ubufasha

Rutagengwa Mussa yanditse ku itariki ya: 1-09-2014
  Pages:

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.