Ibitekerezo ( 10 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Buri wese afite umugabane agomba gusubiza, ntitukabazwe umugabane w’Abandi – Perezida Kagame
11/12/2025 - 22:58
Abazagura itike y’Igitaramo ‘The Nu Year Groove’ bakoresheje ikarita za BK bazagabanyirizwa
15/12/2025 - 21:04
Ndasaba nimero twahamaraho ikadufasha
Muraho neza twabasaba nimero twahamagara umuntu ajyize akarengane
mfite ikibazo cy ubutaka buherereye mu karere ka karongi.
ni ubutaka bw umurage twabusize duhunze mu1973 tugarutse dusanga bwatujwemo abandi baturage kdi abo baturage biyemerera ko ari ubwacu arko bakaba bara buhawe na leta none nagiraga ngo mumfashe munsobaanurire nagiye kububurana basaba abaturage ko twagabana ntibakwemera, none ubwo nasabaga uburyo narenganurwa najye nkasubizwa gakondo.murakoze mugihe nkitegereje ubufasha