Ibitekerezo ( 8 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

3rd Session of the Joint Permanent Commission on Cooperation (JPCC) between Rwanda and Zimbabwe
7/08/2025 - 08:45
Irebere ibirori byo guha Impamyabushobozi za kaminuza Abofisiye ba RDF
4/08/2025 - 19:39
Inshingano za BNR mu kurengera inyungu z’abaturage no guteza imbere Ubukungu bw’Igihugu
4/08/2025 - 17:31Iziheruka

Temberana na ba Nyampinga I Nyanza mu Rukari ku gicumbi cy’umuco
21/02/2017 - 08:53
No Comment!
21/02/2017 - 08:52
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Visi Perezida w’Ubuhinde n’intumwa ayoboye
20/02/2017 - 19:17
Rayon Sports y’abakinnyi 10 yasezereye Wau Salaam muri CAF Confederation Cup
19/02/2017 - 23:04
Undi munyarwanda yanditswe mu gitabo cy’abanyaduhigo!
19/02/2017 - 10:23
APR FC isezerewe mu gikombe cy’afurika na Zanaco
19/02/2017 - 10:18
Sina Gerard atunze indogobe zumva ikinyarwanda
17/02/2017 - 15:49
Amanota y’ibizamini bisoza amashuri yisumbuye 2016 yatangajwe
16/02/2017 - 21:35
mfite ikibazo cy ubutaka buherereye mu karere ka karongi.
ni ubutaka bw umurage twabusize duhunze mu1973 tugarutse dusanga bwatujwemo abandi baturage kdi abo baturage biyemerera ko ari ubwacu arko bakaba bara buhawe na leta none nagiraga ngo mumfashe munsobaanurire nagiye kububurana basaba abaturage ko twagabana ntibakwemera, none ubwo nasabaga uburyo narenganurwa najye nkasubizwa gakondo.murakoze mugihe nkitegereje ubufasha
ISENGESHO:please ourGod MANA YACU REBA AHO AKARENGANE KATUGEJEJE.N’INGARUKA ZIGIHE KIREKIRE KATEJE MAZE IBYANDITWE BISOHORE NGO:UHIRIKA IBUYE,RIZAMUCA AGATSINSINO.KANDINGO:DUTANGE NATWE TUZAHABWA URUGERO,RUCUGUSHIJE,RUTSINDAGIYE NIRWO TUZAGERERWAMO NATWE and soon./umubwiriza/matayo
REKATUVUGE TWEREZA KUKARENGANE. murukiko rwibanze rwa GASHALI mumurenge wa gashali ,akarere ka karongi,intarara y’iburengerazuba :hari akarengane AHO UMUCAMANZA ACA URUBANZA YIRENGAGIJE AMATEGEKO NIBIMENYETSO: IBYOKANDI,NI UKWIHUTISHA URUPFU/IYICARUBOZO.UBUSAZWE TWESETUZAPFA (kuko imana yabivuze) SINGOMBWA KWIHUTISHA URUPFU. MUZADUSABIRE KURENGANURWA.MURAKOZE.