Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Le Sénégal et le Rwanda vont collaborer pour les jeux olympiques de la jeunesse 2026 – S.E. Faye
20/10/2025 - 00:26
Indege ya Habyarimana: Uko amafaranga y’indishyi yafatiriwe
17/10/2025 - 22:14
Volleyball: Dore ibiro bivuza ubuhuha, Kepler VC itsinze REG VC amaseti 3-0
17/10/2025 - 22:22Iziheruka

Twasuye ibitaro by’imbwa n’irimbi ryazo
28/08/2022 - 08:35
Ababyeyi ba Nyamasheke bajishiye igisabo Perezida Kagame
27/08/2022 - 22:25
Ibyo Perezida Kagame yaganiriye n’umukecuru Nyiramandwa iwe mu rugo
26/08/2022 - 23:20
Byari amarira n’agahinda mu gushyingura Yvan Buravan
25/08/2022 - 02:33
RDB yatashye agakiriro ka Cyarubare kubatswe mu mafaranga yinjijwe n’ubukerarugendo
25/08/2022 - 02:26
Ababyeyi barasabwa kurushaho kwita ku burere bw’abana
25/08/2022 - 02:16
Reba uko ba Minisitiri bari bizihiwe mu masengesho yo gusabira Igihugu
24/08/2022 - 17:54
Kurikira ijambo Madamu Jeannette Kagame yagejeje ku bitabiriye amasengesho yo gusabira Igihugu
22/08/2022 - 14:06
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.