Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

SADC yacyuye intwaro zayo zari muri RDC izinyujije mu Rwanda
29/04/2025 - 18:20
EdTech: Guteza Imbere Amasomo ya Siyansi n’ Ikoranabuhanga hifashishijwe Ikoranabuhanga mu Burezi
29/04/2025 - 17:53
"U Rwanda urusasira imigozi rukayiguhambiriza" - Dr Bizimana agaruka ku barwifuriza inabi
25/04/2025 - 23:57Iziheruka

Abacanshuro barwaniraga muri Congo biruhukije bageze mu Rwanda
29/01/2025 - 15:12
Impunzi zirimo n’abacanshuro barwaniraga muri Congo zikomeje kuza mu Rwanda
29/01/2025 - 15:00
Baratatse M23 irabumva: Operation yo kubohoza abashoferi b’Abanyamahanga i Goma
29/01/2025 - 13:24
RwandAir na RBC: Dore amashoti n’amacenga byaranze umukino wahuje ibi bigo
27/01/2025 - 15:17
Intwari z’i Nyange zanze kwitandukanya: Ibyababayeho mu ijoro ry’icuraburindi
24/01/2025 - 18:51
Abadozi bo mu Rwanda biyemeje kwibagiza abantu burundu Caguwa
24/01/2025 - 18:35
Sadate yahishuye inkomoko y’ubutunzi bwe, menya igisobanuro cy’ubukire
24/01/2025 - 18:20
Amarangamutima y’abari bamaze imyaka baribwe moto bakaba bazisubijwe
21/01/2025 - 14:07
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.