Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Abafana bashimiye Haringingo, bamunenga kudakurikirana Abedi : Ubutumwa kuri APR FC
10/05/2026 - 15:18
Camarade yavuze ku birarane by’imishara muri Bugesera FC : Uyu mwaka waratuvunnye mu kwitegura Shampiyona
10/05/2026 - 14:55Iziheruka
Urban Boyz yamuritse Album bise"Batatu ku Rugamba"
27/11/2012 - 16:56Bwa mbere mu mateka, Dream Boyz yamuritse Album mu gitaramo kiri LIVE
12/11/2012 - 20:34EXPO y’imyuga, urubuga rwo kwerekana iterambere ry’ubumenyingiro mu Rwanda
9/11/2012 - 12:49Afite ubushobozi bwo kwigana uburyo inyamaswa n’inyoni zivuga!
6/11/2012 - 13:18KANYOMBYA yakoze ubukwe! Reba udushya twagaragayemo.
26/10/2012 - 07:42
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.