Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Ministiri w’Intebe yasuye aharimo kubakwa urugomero rw’amashanyarazi rwa Nyabarongo II
21/11/2025 - 17:06
Airtel Rwanda unveils new offers and upcoming activities with Israel Mbonyi
20/11/2025 - 23:20
OIF-Kigali: Le Conseil des Ministres plaide pour la participation des femmes en leadership
19/11/2025 - 14:24Iziheruka
Reba imibyinire idasanzwe igaragara muri Tour du Rwanda 2017
15/11/2017 - 12:20
Bruce Melody yatunguye abafana ba Tour du Rwanda 2017 i Muhanga
14/11/2017 - 12:52
Ibihe by’ingenzi byaranze Tour du Rwanda 2017: Kigali - Huye
14/11/2017 - 08:19
Tour du Rwanda 2017: Aleluya Joseph yegukanye agace ka Kigali-Huye
13/11/2017 - 22:46
Bimwe mu byaranze agace ka mbere ka Tour du Rwanda 2017
12/11/2017 - 20:52
Bannyahe: Abaturage ntibishimiye kwimurwa badahawe ingurane y’amafaranga
11/11/2017 - 21:15
Ishyaka ridasanzwe mu myiteguro ya Tour du Rwanda 2017
10/11/2017 - 14:38
Linda w’imyaka 72 uri kuzenguruka isi kuri moto yageze mu Rwanda
10/11/2017 - 09:43
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.