Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Karate: Umuyapani w’imyaka 81 na Dane 9 arimo gutoza Abanyarwanda
12/07/2025 - 10:53
Tujyane ku Mulindi w’Intwari aho amakipe ya APR yavukiye, ikiganiro kuri APR Basketball
10/07/2025 - 09:12
HOTPOINT Rwanda unveils New and Bigger Retail Showroom In Kigali - Kicukiro
9/07/2025 - 17:24Iziheruka

Inyamibwa zigaruriye abataramyi mu mukino zise Rwimitana
10/12/2018 - 14:12
Abakeka ko Umuco Nyarwanda wacika basubize amerwe mu isaho
10/12/2018 - 12:37
Udushya tw’ ibihangange muri gakondo mu gitaramo cy’Inyamibwa
10/12/2018 - 10:18
Umusogongero w’ibizabera mu gitaramo cy’Itorero Inyamibwa zise Rwimitana?
6/12/2018 - 18:14
KABUTARE TVET: Dore abana bashaka kuguhoza amarira uterwa n’Amavubi
6/12/2018 - 13:01
VIDEO: TELE 10 - Amabanga y’uwayishinze
14/11/2018 - 16:06
VIDEO: Ikamba rya Nyampinga w’isi nanjye ryambera: Miss Liliane
7/11/2018 - 08:38
VIDEO: Isengesho rya Rayon: Mana waduhaye ikipe nziza tugusabye n’Intsinzi
30/10/2018 - 07:57
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.