Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Umukinnyi yatunguye umukobwa amwambikira impeta muri Kigali Arena
2/11/2019 - 22:08
Reba uko abakobwa b’ikimero basusurukije BK All Star Game
2/11/2019 - 19:57
KNC ati "Mwitege Derby ya Gasogi na Rayon Sports"
31/10/2019 - 11:39
Iminsi 30 y’igifungo ku bakekwaho gukorana na RNC ya Kayumba Nyamwasa
29/10/2019 - 11:23
RDF yerekanye ubumuntu n’ubunyamwuga mu kazi kayo
29/10/2019 - 10:54
Maj (Rtd) Mudathiru: Ntabwo dutotezwa, dufashwe neza
29/10/2019 - 10:48
Unity Award 2019: Ibigwi bya Mukarutamu Daphrose wahawe Ishimwe ry’Ubumwe
29/10/2019 - 10:38
Evode wo muri BBC n’uwo muri MINIJUST bapfana iki?
27/10/2019 - 17:07
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.