Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Ishusho rusange y’ Uburezi mu Rwanda
16/06/2025 - 11:45
#EdtechMonday: Twifatanye n’impunzi mu Ikoranabuhanga mu Burezi/MAHAMA CAMP
17/06/2025 - 08:12
#UBYUMVA UTE: Uburenganzira bw’ Umwarimu ku Mushahara We
10/06/2025 - 13:40Iziheruka

Rwandans want article 101 amended
4/08/2015 - 11:29
Inkirigito concert
4/08/2015 - 11:18
Akon in Kigali!
3/08/2015 - 17:04
SAUTI SOL ROCKS KIGALI
30/07/2015 - 10:19
Eddy Kenzo salutes President Kagame
30/07/2015 - 10:00
Eddy Kenzo yashyuhije Kigali
28/07/2015 - 14:00
Uburyo bifuza ko ingingo ya 101 yakwandikwa nyuma yo kuvugururwa
23/07/2015 - 20:07
Umuturage yaje yiteguye gutora, ariko nyuma asanga ari ibiganiro ku itegeko nshinga
22/07/2015 - 18:29
Ubwo buryo bwizwe nabi. Ariko ugarutse ugasuzuma uko byizwe byizwe bashingiye kumatwara ya CAPITALISME :yo ntirebe inyungu z’abaturage, ireba inyungu z’abayobozi.
RURA se yashyiriweho iki, ni ku inyungu z’abaturage cyangwa se hari izindi zihishe inyuma. Mwabonye aho inyungu rusange zigurishwa umuntu umwe udashoboye ngo azibyaze umusaruro. Inyungu rusange ziri mu mwenda uziyurwa n’ubuvivi n’ubuvivure! Ntaho jye nabibonye.
Murakorera nabi abanyarwanda mu babeshya ngo murazana iterambere (mukabeshya MUZEHE WACU mu KAMUTUKISHA). Nagire vuba abahindurire imirimo nkuko asanzwe abikorera abandi.
Iterambere se muri transport ni kujya ku mirongo utegereje imodoga. Biteye isoni. Mutabare abaturage bagagariye ku mihanda bategereje abaguze imihanda.
Nibyo kabisa igihe cyari kigeze ngo ikibazo cyo gutwara abagenzi gikemuke.
thanx to kgltoday gukomeza kutugezaho amakuru asobanutse,mubinyujije muri videos