Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Buri wese afite umugabane agomba gusubiza, ntitukabazwe umugabane w’Abandi – Perezida Kagame
11/12/2025 - 22:58
Abazagura itike y’Igitaramo ‘The Nu Year Groove’ bakoresheje ikarita za BK bazagabanyirizwa
15/12/2025 - 21:04
KT signed MoU with Rwanda Premier League as official media Partner for next two seasons
13/12/2025 - 12:24Iziheruka
Perezida Kagame yatanze igisobanuro cyo kwitwa "urubyiruko"
28/06/2016 - 08:30
Ubumuntu Arts Festival yongeye yagarutse
22/06/2016 - 17:26
Perezida wa Chad yasuye u Rwanda
22/06/2016 - 17:23
Mu mpano nyinshi Gashora Girls Academy bifitemo harimo n’iyo kubyina
22/06/2016 - 09:00
Miss Mutesi Jolly yasuye urubyiruko rw’Iwawa
20/06/2016 - 17:02
Uburyo Inkotanyi zarokoye abagera ku 2000 muri Saint Paul
20/06/2016 - 09:28
Perezida Kagame yanenze abicishije inzara abashyitsi muri World Economic Forum
16/06/2016 - 15:14
VIDEO: U Rwanda rwateye indi ntambwe mu guhunika peteroli
13/06/2016 - 14:55
Ubwo buryo bwizwe nabi. Ariko ugarutse ugasuzuma uko byizwe byizwe bashingiye kumatwara ya CAPITALISME :yo ntirebe inyungu z’abaturage, ireba inyungu z’abayobozi.
RURA se yashyiriweho iki, ni ku inyungu z’abaturage cyangwa se hari izindi zihishe inyuma. Mwabonye aho inyungu rusange zigurishwa umuntu umwe udashoboye ngo azibyaze umusaruro. Inyungu rusange ziri mu mwenda uziyurwa n’ubuvivi n’ubuvivure! Ntaho jye nabibonye.
Murakorera nabi abanyarwanda mu babeshya ngo murazana iterambere (mukabeshya MUZEHE WACU mu KAMUTUKISHA). Nagire vuba abahindurire imirimo nkuko asanzwe abikorera abandi.
Iterambere se muri transport ni kujya ku mirongo utegereje imodoga. Biteye isoni. Mutabare abaturage bagagariye ku mihanda bategereje abaguze imihanda.
Nibyo kabisa igihe cyari kigeze ngo ikibazo cyo gutwara abagenzi gikemuke.
thanx to kgltoday gukomeza kutugezaho amakuru asobanutse,mubinyujije muri videos