Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Urupfu rwa Rudahigwa: Ni nde wabazwa ibyaha byakorewe u Rwanda - Ikiganiro na Amb. Mutaboba
12/05/2025 - 10:15
Ubuhamya bw’umunyarwandakazi wahoze muri Wazalendo - Uko bafashaga FARDC kurwanya M23
2/05/2025 - 07:41
Ntabwo nigeze nimana ubutaka bwo kwaguriraho ingoro ya Yezu Nyirimpuhwe - Rwagashayija yisobanuye
2/05/2025 - 07:29Iziheruka

Reba uko ba Minisitiri bari bizihiwe mu masengesho yo gusabira Igihugu
24/08/2022 - 17:54
Kurikira ijambo Madamu Jeannette Kagame yagejeje ku bitabiriye amasengesho yo gusabira Igihugu
22/08/2022 - 14:06
Abarangije muri Kepler bahawe impamyabumenyi
20/08/2022 - 08:36
Urwibutso ku babanye na Yvan Buravan
18/08/2022 - 15:48
Abakunzi b’agasobanuye bashenguwe n’urupfu rwa Yanga
18/08/2022 - 07:19
Dore Akarasisi karyoheye ijisho k’abafana ba Rayon Sports
17/08/2022 - 14:40
Rayon Sports: Byari ibyishimo mu gutangiza umwaka w’imikino
17/08/2022 - 13:05
A 62-year-old man competes in Ironman Triathlon 70.3 Rwanda race
17/08/2022 - 12:33
amakuru meza adateza ikibazo niyo abanyarwanda dukeneye murakoze
karisa ndagushimiye cyane natwe abandika tujye twihesha agciro twiyubahe
cyakoza uyu mukobwa ndabona anemenyereye interview kandi arasubiza neza. abafata gufungwa kwe rero nkaho ari igisebo baribeshya iriya nzu buri gihe iba itegereje kandi yakirwa buri umwe wese itarobanuye uwow ariwe
njye nsoma buri munsi ibinyamakuru byo mu Rwanda nta munsi ngomba gutangira akazi ntasomye .Igihe,Umuseke,Kigali today,Umuryango,Imirasire,Inyarwanda nibindi...
icyo mbona akenshi nuko hakirimo abantu bahuzagurika mw’itangaza-makuru cyangwa bashaka gusimbuka cyane bakigereranya na byabitangazamakuru byo hanze
kubeshya, gusebanya,guhimba inyandiko kudashishoza mu nkuru ugiye guha abasomyi nibyo byuzuye muri bimwe muri online magazine
ushobora kubwira gute ko umunyamakuru uyemera guhitisha ifoto y’umuntu azi yambaye uusa kuberako umusore runaka bakundanaga guhitisha inkuru nkiriya ya teta, nizindi nkazo
biba bibabajebasoma cyangwa bareba Tv nka TMZ na E ntaho duhriye mu myumvire ndetse n’imikorere kubigana kandi uziko indangagaciro z’abanyrwanda ntaho zihuriye n’imva-mahanga uba utandukiriye.
mumbabarire ntawe ntunze arutoki gusa benshi bariyizi
bagombye kwisubiraho amazi atararenga inkombe
sinabura gushima ariko KIGALI TODAY kumakuru meza cyane cyane ayerekeye Igihugu cyacu no kugera cyane mu turere twose tw’igihugu badushakira akuru mpamo ibyo nibyo tuba dukeneye kuko bitwereka neza amakuru yo mu mirenge nabandi bajye babareberaho bagire umwuga nyamwugaga koko apana kuba ba plagiarism.