Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Ishusho ya Rwanda Premier League mu mboni z’umuyobozi wayo
18/12/2025 - 11:35
Abazagura itike y’Igitaramo ‘The Nu Year Groove’ bakoresheje ikarita za BK bazagabanyirizwa
15/12/2025 - 21:04
Buri wese afite umugabane agomba gusubiza, ntitukabazwe umugabane w’Abandi – Perezida Kagame
11/12/2025 - 22:58Iziheruka
Inside President Kagame’s working visit to Tanzania
30/04/2023 - 00:07
Turashaka gutaha - Impunzi z’Abanyekongo
30/04/2023 - 00:01
Kagame hosts Gen Muhoozi for his 49th birthday celebration in Rwanda
29/04/2023 - 23:52
Abajura baniga abantu ku muhanda bakabambura, bahagurukiwe
25/04/2023 - 09:02
Guverinoma yagabanyije imisoro, indi iravugururwa
22/04/2023 - 12:56
Abubatse Umudugudu w’Urukumbuzi (Kwa Dubai) bahishuye amanyanga yakoreshwaga mu kuwubaka
22/04/2023 - 00:32
U Rwanda rwatangiye ubuvuzi bwo kubaga indwara zo mu nda harimo na Kanseri
22/04/2023 - 00:26
President Kagame and Col. Doumbouya address the press in Conakry
22/04/2023 - 00:17
amakuru meza adateza ikibazo niyo abanyarwanda dukeneye murakoze
karisa ndagushimiye cyane natwe abandika tujye twihesha agciro twiyubahe
cyakoza uyu mukobwa ndabona anemenyereye interview kandi arasubiza neza. abafata gufungwa kwe rero nkaho ari igisebo baribeshya iriya nzu buri gihe iba itegereje kandi yakirwa buri umwe wese itarobanuye uwow ariwe
njye nsoma buri munsi ibinyamakuru byo mu Rwanda nta munsi ngomba gutangira akazi ntasomye .Igihe,Umuseke,Kigali today,Umuryango,Imirasire,Inyarwanda nibindi...
icyo mbona akenshi nuko hakirimo abantu bahuzagurika mw’itangaza-makuru cyangwa bashaka gusimbuka cyane bakigereranya na byabitangazamakuru byo hanze
kubeshya, gusebanya,guhimba inyandiko kudashishoza mu nkuru ugiye guha abasomyi nibyo byuzuye muri bimwe muri online magazine
ushobora kubwira gute ko umunyamakuru uyemera guhitisha ifoto y’umuntu azi yambaye uusa kuberako umusore runaka bakundanaga guhitisha inkuru nkiriya ya teta, nizindi nkazo
biba bibabajebasoma cyangwa bareba Tv nka TMZ na E ntaho duhriye mu myumvire ndetse n’imikorere kubigana kandi uziko indangagaciro z’abanyrwanda ntaho zihuriye n’imva-mahanga uba utandukiriye.
mumbabarire ntawe ntunze arutoki gusa benshi bariyizi
bagombye kwisubiraho amazi atararenga inkombe
sinabura gushima ariko KIGALI TODAY kumakuru meza cyane cyane ayerekeye Igihugu cyacu no kugera cyane mu turere twose tw’igihugu badushakira akuru mpamo ibyo nibyo tuba dukeneye kuko bitwereka neza amakuru yo mu mirenge nabandi bajye babareberaho bagire umwuga nyamwugaga koko apana kuba ba plagiarism.