Ibitekerezo ( 96 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Camarade yavuze ku birarane by’imishara muri Bugesera FC : Uyu mwaka waratuvunnye mu kwitegura Shampiyona
10/05/2026 - 14:55
Abafana bashimiye Haringingo, bamunenga kudakurikirana Abedi : Ubutumwa kuri APR FC
10/05/2026 - 15:18Iziheruka
Abafana bashimiye Haringingo, bamunenga kudakurikirana Abedi : Ubutumwa kuri APR FC
10/05/2026 - 15:18
Camarade yavuze ku birarane by’imishara muri Bugesera FC : Uyu mwaka waratuvunnye mu kwitegura Shampiyona
10/05/2026 - 14:55
Umva ubwishongozi bw’Aba-Rayons n’abafana ba APR FC mbere y’umukino
2/05/2026 - 17:29
‘Ntibizongera Kubaho’ bisa n’ijwi ritagira icyo rivuze - Adele Kibasumba
15/04/2026 - 19:59
Kagame: Mufite imico mibi irimo n’ubwirasi, Mufite iki mwiratana?
24/03/2026 - 21:03
Rubyiruko, nimube ku isonga mu kurwanya ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge, ubusinzi, ubuzererezi, guhemuka..
22/03/2026 - 14:09
Abafana ba APR FC mu gahinda kenshi babyegetse kuri Marine FC itabyoroheje, banenga abakinnyi
8/03/2026 - 10:17
Ikinamico tuyikina na Rayon Sports - Rujugiro na Sarupongo bahaye ubutumwa Abarayons
8/03/2026 - 09:21
ndumiwe koko!ariko rero bariguhemba uriya wariye byinshi rwose,temarigwe yarirondereje gusa,nizereko uriya musore bamuhembye nawe.
Anicet ibyo uvuga nibyo kabisa Kigali Today nanjye ndayemera. Ifite abanyamakuru b’Abanyamwuga peeeee. Inkuru zanyu ziri really professional. Mukomerezaho numvise muri hafi no gutangiza Radio. Nimugire vuba turategereje kabisa. Muri aba mbrere peeee.
Muraho neza Kigalitoday.ndi umukozi muri fina bank.dukunda ama video mutugezaho akoranye ubuhanga na creativity.iyi video ya Temarigwe yo iranyemeje.sinarimuzi namwumvaga.murakoze cyane. video nk’izi nizo tuba dushaka kuko zituma tumenya amakuru ariko tunabyibonera ndetse zikadufasha no kuruhuka mu mutwe.Big up guys.muri aba mbere.courage