kigali to day ndayemera cyane kuko murasobanutse ariko rero ntbyera ngo de mukomeze mushyire akagufu kuri Radio mugiye gufungura ariko muramenye nti muzajye mwaka abahanzi ticke kugirango mubakinire indirimbo sawa sawa ibihe byiza.
MUGISHA Jean de Dieu yanditse ku itariki ya: 21-07-2012
Iyi ni appetit wallah rwanyonga
kigali to day ndayemera cyane kuko murasobanutse ariko rero ntbyera ngo de mukomeze mushyire akagufu kuri Radio mugiye gufungura ariko muramenye nti muzajye mwaka abahanzi ticke kugirango mubakinire indirimbo sawa sawa ibihe byiza.
Yampaye inka twataramye! Uyu Temarigwe biriya byose arya bijya hehe? Jyewe nifatira umuneke umwe utonoye maze inda igafureka ukagirango nashyizemo igitoki kizima. Uyu si Temarigwe ni BARYABATA.