TEMARIGWE yongeye kwerekana Ubuhanga mu Kurya!

16/07/2012 - 17:41     

Ibitekerezo ( 96 )

Iyi ni appetit wallah rwanyonga

Roger yanditse ku itariki ya: 24-07-2012

kigali to day ndayemera cyane kuko murasobanutse ariko rero ntbyera ngo de mukomeze mushyire akagufu kuri Radio mugiye gufungura ariko muramenye nti muzajye mwaka abahanzi ticke kugirango mubakinire indirimbo sawa sawa ibihe byiza.

MUGISHA Jean de Dieu yanditse ku itariki ya: 21-07-2012

Yampaye inka twataramye! Uyu Temarigwe biriya byose arya bijya hehe? Jyewe nifatira umuneke umwe utonoye maze inda igafureka ukagirango nashyizemo igitoki kizima. Uyu si Temarigwe ni BARYABATA.

Ngunda yanditse ku itariki ya: 21-07-2012
  Pages:

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.