Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Perezida Kagame yasabye abayobozi kwiyoroshya kuko ari cyo kibagira abayobozi beza
17/10/2021 - 14:15
Ubunyarwanda bukwiye kuba inkingi yubakirwaho iterambere ry’Igihugu - Madamu Jeannette Kagame
17/10/2021 - 14:05
Kigali: Mu myaka 5 hazakorwa imihanda ya kilometero zisaga 200
17/10/2021 - 13:39
Mako Nikoshwa: Nararwaye numva ko ngomba gupfa, iby’umubano wanjye na Nina...
17/10/2021 - 13:31
Massamba yahishuye ibanga umubyeyi we Sentore yamubwiye bwa nyuma
10/10/2021 - 23:02
Rurangwa Oswald wahamijwe ibyaha bya Jenoside yagejejwe mu Rwanda
7/10/2021 - 22:18
RIB yerekanye ibyafashwe bitujuje ubuziranenge
6/10/2021 - 09:30
Ababyeyi ntibakwiye guhanika inkwano kuko ‘Umwana si igishoro’
5/10/2021 - 07:58
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo