Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Urupfu rwa Rudahigwa: Ni nde wabazwa ibyaha byakorewe u Rwanda - Ikiganiro na Amb. Mutaboba
12/05/2025 - 10:15
Ubuhamya bw’umunyarwandakazi wahoze muri Wazalendo - Uko bafashaga FARDC kurwanya M23
2/05/2025 - 07:41
Perezida yadutumye ngo tworohereze abamotari - IGP Namuhoranye, Umukuru wa Polisi
30/04/2025 - 20:32Iziheruka

Nyuma y’imyaka 27, Padiri Chrisostome yasubukuye Misa atashoje muri 94 barashweho
19/04/2021 - 20:10
Rusizi: Yaguze imbunda yo kwibisha mu mafaranga bakoye umukobwa we
19/04/2021 - 19:54
Nyiranyamibwa: Kuririmba indirimbo zo kwibuka bihura n’ubuzima nabayemo
19/04/2021 - 16:40
Munyenyezi Beatrice akurikiranyweho ibyaha birindwi
17/04/2021 - 02:02
Dukomeze umurage w’Abanyepolitiki bishwe muri Jenoside barwanya ikibi - Perezida wa Sena
16/04/2021 - 20:56
Iyo haboneka benshi nka Capt. Mbaye Diagne, hari kurokoka benshi
16/04/2021 - 19:51
Menya impamvu Bonhomme yihebeye indirimbo zivuga ukuri kuri Jenoside yakorewe Abatutsi
16/04/2021 - 17:00
Uko Munyanshoza Dieudonné (Mibirizi) yafunzwe mu byitso by’Inkotanyi afite imyaka 12
16/04/2021 - 16:45
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo