Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Urupfu rwa Rudahigwa: Ni nde wabazwa ibyaha byakorewe u Rwanda - Ikiganiro na Amb. Mutaboba
12/05/2025 - 10:15
Ubuhamya bw’umunyarwandakazi wahoze muri Wazalendo - Uko bafashaga FARDC kurwanya M23
2/05/2025 - 07:41
Ntabwo nigeze nimana ubutaka bwo kwaguriraho ingoro ya Yezu Nyirimpuhwe - Rwagashayija yisobanuye
2/05/2025 - 07:29Iziheruka

Perezida Kagame i Goma yasuye ahangijwe n’iruka ry’ikirunga cya Nyiragongo
28/06/2021 - 13:57
Dr. Sabin NSANZIMANA: Ikiguzi cyo kwipimisha Covid-19 kigiye kugabanuka
28/06/2021 - 13:41
Perezida Kagame na Tshisekedi basuye ahangijwe n’imitingito i Rubavu
28/06/2021 - 13:31
RIB: Amategeko ntazihanganira abitwaza urubuga rwa YouTube bakagumura abaturage
26/06/2021 - 13:15
Perezida Kagame yakiriye Tshisekedi ku mupaka: Umutekano wari wakajijwe
25/06/2021 - 23:44
Muri Gare ya Nyabugogo: Benshi barashaka kujya mu Ntara
23/06/2021 - 06:39
Abantu 11 bafashwe bitabiriye ibirori
21/06/2021 - 20:25
Reba uko isiganwa rya Kigali International Peace Marathon ryagenze
20/06/2021 - 23:20
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo