Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Urupfu rwa Rudahigwa: Ni nde wabazwa ibyaha byakorewe u Rwanda - Ikiganiro na Amb. Mutaboba
12/05/2025 - 10:15
Ubuhamya bw’umunyarwandakazi wahoze muri Wazalendo - Uko bafashaga FARDC kurwanya M23
2/05/2025 - 07:41
Ntabwo nigeze nimana ubutaka bwo kwaguriraho ingoro ya Yezu Nyirimpuhwe - Rwagashayija yisobanuye
2/05/2025 - 07:29Iziheruka

Kigali: Inkongi yangije ibifite agaciro k’amafaranga arenga Miliyoni eshanu
23/07/2021 - 20:42
Wari uzi ko agahinda gakabije gashobora gutera uburwayi bwo mu mutwe?
23/07/2021 - 05:19
Polisi yerekanye itsinda ry’abantu bavugwaho kwambura abamotari babanje kubaniga
22/07/2021 - 00:04
Bisi 151 z’ubuntu zitwara abanyeshuri barimo gukora ibizamini bya Leta
21/07/2021 - 15:18
Menya uko abanyeshuri barwaye COVID-19 barimo gufashwa gukora ikizamini cya Leta
21/07/2021 - 14:54
Menya byinshi ku kigo ISANGE ONE STOP CENTER gifasha abahohotewe
19/07/2021 - 20:52
Impano idasanzwe: Ku myaka icyenda gusa, amaze gutsindira imidari 9 ya Zahabu muri Karate
19/07/2021 - 20:26
#GumaMuRugo: Leta yatangiye gutanga ibiribwa ku baturage batishoboye
19/07/2021 - 19:49
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo