Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Goma: Conférence de presse de l’AFC-M23 sur la situation des droits de l’homme
22/08/2025 - 23:11
NCBA Junior Golf Tournament 2025 Highlight
24/08/2025 - 00:40
NIDA yatangije ibikorwa biganisha ku gutanga Indangamuntu Koranabuhanga
8/08/2025 - 08:55Iziheruka

Maj.Gen Turagara: Nyakubahwa Paul Kagame ni impano Imana yahaye urubyiruko
7/07/2022 - 18:12
Exclusive Interview with Dr Donald Kaberuka on the sidelines of #CHOGM2022
29/06/2022 - 22:03
Ikiganiro ku kongera imbaraga z’ikoranabuhanga mu kubaka uburezi buhamye
29/06/2022 - 21:49
Reba uko byari byifashe ubwo Perezida Kagame yakiraga Minisitiri w’Intebe wa Singapore
29/06/2022 - 20:56
Video: Tumwe mu dushya twaranze #CHOGM2022
28/06/2022 - 22:31
#CHOGM2022: Baryohewe na Siporo ya nijoro
22/06/2022 - 18:55
Official groundbreaking of Kigali Financial Square, $100 Million Twin Tower
22/06/2022 - 00:12
First time in Africa, Rwanda delighted to host Women’s Deliver Conference 2023
21/06/2022 - 23:55
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo