Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Goma: Conférence de presse de l’AFC-M23 sur la situation des droits de l’homme
22/08/2025 - 23:11
NCBA Junior Golf Tournament 2025 Highlight
24/08/2025 - 00:40
NIDA yatangije ibikorwa biganisha ku gutanga Indangamuntu Koranabuhanga
8/08/2025 - 08:55Iziheruka

Twaganiriye na Valentine wamamaye mu ndirimbo ‘Dore Imbogo’
1/08/2022 - 16:02
Maj Gen Bayingana: Batubwiye ko nta na santimetero twabona mu Rwanda ariko ubu Igihugu tukirimo
17/07/2022 - 20:39
Amahirwe u Rwanda rukura mu muryango Francophonie mu rwego rw’ubucuruzi
17/07/2022 - 19:54
Reba uko byari byifashe mu irushanwa rya Taekwondo ryabereye mu Rwanda
17/07/2022 - 19:44
Reba ubwiza bwa Pariki ya Nyandungu yafunguriwe abashaka kuhatembera
8/07/2022 - 20:59
Abaturage bari baturiye ruhurura ya Mpazi bimuriwe mu magorofa
8/07/2022 - 19:54
Yatsindiye Frw500,000 muri Jackpot ya Inzozi Lotto ivuguruye
7/07/2022 - 20:17
#Kwibohora28: Uruhare rw’ubuhanzi mu rugamba rwo kubohora Igihugu
7/07/2022 - 18:31
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo