Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Ihere ijisho uko ibirori bya Noheli byari bishyushye kuri Kigali Convention Center
25/12/2025 - 10:27
Iyumvire icyo Knowless avuga ku kuba yaragabiwe na Perezida Kagame
24/12/2025 - 07:22
Polisi yijeje Abanyarwanda umutekano usesuye mu minsi mikuru
24/12/2025 - 13:21Iziheruka
Minisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva yasabye Indangamirwa kunyomoza abasebya u Rwanda
14/08/2025 - 14:44
The Day Hope Knocked: Sherrie Silver Beyond the Spotlight
13/08/2025 - 12:01
Minisitiri w’Intebe ageza ku Nteko Ishinga Amategeko, Gahunda ya Guverinoma (2024-2029)
12/08/2025 - 18:10
Mu Rwanda hasojwe ikoraniro mpuzamahanga ry’Abahamya ba Yehova ryitabiriwe n’abarenga ibihumbi 40
10/08/2025 - 23:37
Minisitiri w’Intebe yasuye umushinga w’ubuhinzi n’ubworozi wa Gabiro n’ibindi bikorwa
9/08/2025 - 17:03
Minisitiri w’Intebe yasuye uruganda rutunganya amakaro rwa Nyagatare
8/08/2025 - 16:36
NIDA yatangije ibikorwa biganisha ku gutanga Indangamuntu Koranabuhanga
8/08/2025 - 08:55
3rd Session of the Joint Permanent Commission on Cooperation (JPCC) between Rwanda and Zimbabwe
7/08/2025 - 08:45
Akanozasuku ni ngombwa, ariko narakitegereje nsanga
katakingira indwara z’uruhu uko babivuga, mbona gakwiriye gukoreshwa n’abakozi bo mu nganda cyangwa aho bategura amafunguro kakarinda ko imisatsi yagwa mu biriribwa no mubinyobwa!Byanteye kwibaza.
1.Ese ikigo cy’Ubuziranenge cyaragapimye cyemeza ko ukambaye atakwandura indwara z’uruhu mugiheyambaye casque yambawe n’undi mugenzi urwaye izo ndwara?
2.Ese akanozasuku gakoranye umuti nk’inzitiramibu? Muzansubize.
Bibaye ngombwa ko gakoreshwa, kagurwa n’abatwara motos ku mpamvu zo gutanga servises nziza. Iyo umuntu aguze igicuruzwa mu iduka baramupfunyikira
kugirango nejo azagaruke.
Imana izamuhe iruhuko ridashira kandi twagiye tumukuraho inama nziza cyane zagiye zidufasha kubana n’abandi muri societe.turamuibuka.
Yari Igitangaza, uwo mugabo yakoze akazi kanini aharanira uburenganzira bwa muntu. Mu myaka ye yanyuma, nibwo yaje kumenyeshwa ikibazo cy’abanyarwanda atangiye ku gicukumbura ubwe ngo azagire icyo afasha Imana imuhamagara atabigezeho. Turabimushimira.