Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
| 
 | 
		
Izikunzwe cyane
												 
											17th Graduation Ceremony of INES Ruhengeri: 1,479 Graduates receive Bachelors and Masters Degrees
1/11/2025 - 11:45
												 
											Abahoze muri FDLR basoje amasomo, basubizwa mu buzima busanzwe
31/10/2025 - 07:25
												 
											Iby’ingenzi byagarutsweho mu kiganiro EdTech cyo kuri uyu wa 27 Ukwakira 2025
28/10/2025 - 13:33Iziheruka
													 
												Goma: Conférence de presse de l’AFC-M23 sur la situation des droits de l’homme
22/08/2025 - 23:11
													 
												’Hotel Rwanda’ Movie is not the Truth - 1994 UNAMIR Peacekeepers Speak out
20/08/2025 - 20:13
													 
												Umutekano w’urwego rw’imari urizewe nk’uko uw’Igihugu wizewe - BNR
20/08/2025 - 20:03
													 
												Gutangaza amanota y’ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza n’icyiciro rusange cy’ayisumbuye 2024/2025
19/08/2025 - 18:45
													 
												Irebere amashoti n’amacenga byaranze umukino wahuje RDF na UPDF
16/08/2025 - 17:33
													 
												Iyumvire imihigo y’Intore zo mu Itorero Indangamirwa icyiciro cya 15
14/08/2025 - 16:57
													 
												Umva impanuro Minisitiri Bizimana yahaye Indangamirwa icyiciro cya 15
14/08/2025 - 16:47
													 
												Minisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva yasabye Indangamirwa kunyomoza abasebya u Rwanda
14/08/2025 - 14:44
													 
												
Akanozasuku ni ngombwa, ariko narakitegereje nsanga
katakingira indwara z’uruhu uko babivuga, mbona gakwiriye gukoreshwa n’abakozi bo mu nganda cyangwa aho bategura amafunguro kakarinda ko imisatsi yagwa mu biriribwa no mubinyobwa!Byanteye kwibaza.
1.Ese ikigo cy’Ubuziranenge cyaragapimye cyemeza ko ukambaye atakwandura indwara z’uruhu mugiheyambaye casque yambawe n’undi mugenzi urwaye izo ndwara?
2.Ese akanozasuku gakoranye umuti nk’inzitiramibu? Muzansubize.
Bibaye ngombwa ko gakoreshwa, kagurwa n’abatwara motos ku mpamvu zo gutanga servises nziza. Iyo umuntu aguze igicuruzwa mu iduka baramupfunyikira
kugirango nejo azagaruke.
Imana izamuhe iruhuko ridashira kandi twagiye tumukuraho inama nziza cyane zagiye zidufasha kubana n’abandi muri societe.turamuibuka.
Yari Igitangaza, uwo mugabo yakoze akazi kanini aharanira uburenganzira bwa muntu. Mu myaka ye yanyuma, nibwo yaje kumenyeshwa ikibazo cy’abanyarwanda atangiye ku gicukumbura ubwe ngo azagire icyo afasha Imana imuhamagara atabigezeho. Turabimushimira.