Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Karate: Umuyapani w’imyaka 81 na Dane 9 arimo gutoza Abanyarwanda
12/07/2025 - 10:53
IAS 2025 Delegates Enjoy Kigali Car-Free Roads
13/07/2025 - 14:40
RPF-Inkotanyi and China’s CPC Strengthen Ties with New Cooperation Agreements
22/06/2025 - 17:09Iziheruka

UBUMUNTU:RDC/RWANDA mu mukino wabo africa’s hope
18/07/2016 - 15:01
Perezida Kagame muri 2 bahawe pasiporo Nyafurika bwa mbere
17/07/2016 - 22:04
UBUMUNTU: Rwanda/Belgium mu mukino wabo Safe.Umudendezo.Amani
16/07/2016 - 22:25
Icyatumye Malala ahitamo gusura inkambi ya Mahama
16/07/2016 - 10:38
Malala wahawe "Prix Nobel" yakiriwe na Perezida Kagame
13/07/2016 - 23:12
Perezida Kagame yakiriye abambasaderi bashya batanu
13/07/2016 - 10:47
Uburyo inyubako ya KCC yongereye ubwiza bwa Kigali
9/07/2016 - 13:03
Rayon Sports yatwaye igikombe cy’amahoro nyuma y’imyaka 10
7/07/2016 - 16:47
Akanozasuku ni ngombwa, ariko narakitegereje nsanga
katakingira indwara z’uruhu uko babivuga, mbona gakwiriye gukoreshwa n’abakozi bo mu nganda cyangwa aho bategura amafunguro kakarinda ko imisatsi yagwa mu biriribwa no mubinyobwa!Byanteye kwibaza.
1.Ese ikigo cy’Ubuziranenge cyaragapimye cyemeza ko ukambaye atakwandura indwara z’uruhu mugiheyambaye casque yambawe n’undi mugenzi urwaye izo ndwara?
2.Ese akanozasuku gakoranye umuti nk’inzitiramibu? Muzansubize.
Bibaye ngombwa ko gakoreshwa, kagurwa n’abatwara motos ku mpamvu zo gutanga servises nziza. Iyo umuntu aguze igicuruzwa mu iduka baramupfunyikira
kugirango nejo azagaruke.
Imana izamuhe iruhuko ridashira kandi twagiye tumukuraho inama nziza cyane zagiye zidufasha kubana n’abandi muri societe.turamuibuka.
Yari Igitangaza, uwo mugabo yakoze akazi kanini aharanira uburenganzira bwa muntu. Mu myaka ye yanyuma, nibwo yaje kumenyeshwa ikibazo cy’abanyarwanda atangiye ku gicukumbura ubwe ngo azagire icyo afasha Imana imuhamagara atabigezeho. Turabimushimira.