Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Karate: Umuyapani w’imyaka 81 na Dane 9 arimo gutoza Abanyarwanda
12/07/2025 - 10:53
IAS 2025 Delegates Enjoy Kigali Car-Free Roads
13/07/2025 - 14:40
Tujyane ku Mulindi w’Intwari aho amakipe ya APR yavukiye, ikiganiro kuri APR Basketball
10/07/2025 - 09:12Iziheruka

Umwami wa Maroc yasoje uruzinduko rwe mu Rwanda
23/10/2016 - 22:31
Ibihe by’ingenzi byaranze kwibuka nyakwigendera Gakwaya
21/10/2016 - 10:50
Umwami wa Maroc yunamiye inzirakarengane za Jenoside
21/10/2016 - 09:10
Perezida Kagame yakiriye Umwami Mohammed wa Maroc
20/10/2016 - 06:27
Uburyo Umwami Mohammed VI wa Maroc yakiriwe ku kibuga cy’indege
19/10/2016 - 06:53
Ibitaro bya mbere mu Rwanda byagemuriwe amaraso na "Drone"
18/10/2016 - 19:26
Huye: Uburyo isiganwa ry’amamodoka ryagenze
18/10/2016 - 12:42
Huye bishimiye kubona Moto ziguruka bari bamenyereye muri firime
17/10/2016 - 15:46
Akanozasuku ni ngombwa, ariko narakitegereje nsanga
katakingira indwara z’uruhu uko babivuga, mbona gakwiriye gukoreshwa n’abakozi bo mu nganda cyangwa aho bategura amafunguro kakarinda ko imisatsi yagwa mu biriribwa no mubinyobwa!Byanteye kwibaza.
1.Ese ikigo cy’Ubuziranenge cyaragapimye cyemeza ko ukambaye atakwandura indwara z’uruhu mugiheyambaye casque yambawe n’undi mugenzi urwaye izo ndwara?
2.Ese akanozasuku gakoranye umuti nk’inzitiramibu? Muzansubize.
Bibaye ngombwa ko gakoreshwa, kagurwa n’abatwara motos ku mpamvu zo gutanga servises nziza. Iyo umuntu aguze igicuruzwa mu iduka baramupfunyikira
kugirango nejo azagaruke.
Imana izamuhe iruhuko ridashira kandi twagiye tumukuraho inama nziza cyane zagiye zidufasha kubana n’abandi muri societe.turamuibuka.
Yari Igitangaza, uwo mugabo yakoze akazi kanini aharanira uburenganzira bwa muntu. Mu myaka ye yanyuma, nibwo yaje kumenyeshwa ikibazo cy’abanyarwanda atangiye ku gicukumbura ubwe ngo azagire icyo afasha Imana imuhamagara atabigezeho. Turabimushimira.