Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Buri wese afite umugabane agomba gusubiza, ntitukabazwe umugabane w’Abandi – Perezida Kagame
11/12/2025 - 22:58
Abazagura itike y’Igitaramo ‘The Nu Year Groove’ bakoresheje ikarita za BK bazagabanyirizwa
15/12/2025 - 21:04
KT signed MoU with Rwanda Premier League as official media Partner for next two seasons
13/12/2025 - 12:24Iziheruka
Abashakashatsi mu by’amateka bagize icyo bavuga ku gitabo "Mitingi Jenosideri"
5/06/2017 - 08:33
No Comment!
2/06/2017 - 15:35
No Comment!
2/06/2017 - 11:16
Byinshi wamenya ku gitabo "Mitingi Jenosideri" cyanditswe na Depite Bamporiki
30/05/2017 - 17:01
Byari ibirori i Nyamata ubwo haberaga umukino wo gusiganwa ku mapikipiki
28/05/2017 - 21:41
MINADEF yamuritse inzu 32 zubatswe n’inkeragutabara
26/05/2017 - 19:39
IPRC Kigali na SNV bahuguye abakora ingomero nto z’amashanyarazi
25/05/2017 - 08:38
IPRC Kigali yahembye abanyeshuri batanu bahize abandi gukora imishinga myiza
23/05/2017 - 08:40
Akanozasuku ni ngombwa, ariko narakitegereje nsanga
katakingira indwara z’uruhu uko babivuga, mbona gakwiriye gukoreshwa n’abakozi bo mu nganda cyangwa aho bategura amafunguro kakarinda ko imisatsi yagwa mu biriribwa no mubinyobwa!Byanteye kwibaza.
1.Ese ikigo cy’Ubuziranenge cyaragapimye cyemeza ko ukambaye atakwandura indwara z’uruhu mugiheyambaye casque yambawe n’undi mugenzi urwaye izo ndwara?
2.Ese akanozasuku gakoranye umuti nk’inzitiramibu? Muzansubize.
Bibaye ngombwa ko gakoreshwa, kagurwa n’abatwara motos ku mpamvu zo gutanga servises nziza. Iyo umuntu aguze igicuruzwa mu iduka baramupfunyikira
kugirango nejo azagaruke.
Imana izamuhe iruhuko ridashira kandi twagiye tumukuraho inama nziza cyane zagiye zidufasha kubana n’abandi muri societe.turamuibuka.
Yari Igitangaza, uwo mugabo yakoze akazi kanini aharanira uburenganzira bwa muntu. Mu myaka ye yanyuma, nibwo yaje kumenyeshwa ikibazo cy’abanyarwanda atangiye ku gicukumbura ubwe ngo azagire icyo afasha Imana imuhamagara atabigezeho. Turabimushimira.