Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Iyo Umunyarwanda azamuwe mu ntera kubera ubuhanga n’ubushobozi turishima- Perezida Kagame
7/12/2020 - 18:26
Polisi yerekanye abantu batatu bakekwaho kwiyitirira Polisi bakiba abaturage
5/12/2020 - 23:44
Imurikagurisha mpuzamahanga ry’uyu mwaka i Kigali rizakorwa mu buryo budasanzwe
4/12/2020 - 10:28
Alexandre Lenco: Ubumuga bwo kutabona ntibwanciye intege ubu ntuye mu nzu nubakiwe na muzika
4/12/2020 - 08:09
Polisi yerekanye batatu bakekwaho gukora inyandiko mpimbano
2/12/2020 - 15:18
Ryoherwa n’igitaramo cya Iganze Gakondo itsinda ry’abasore bihebeye inganzo gakondo
2/12/2020 - 15:06
Busanza: Aba mbere bari batuye muri ‘Bannyahe’ bimutse kuri iki Cyumweru
29/11/2020 - 13:19
Kompanyi y’Indege yo muri Israel yatangiye gukorera ingendo mu Rwanda
26/11/2020 - 20:27
Akanozasuku ni ngombwa, ariko narakitegereje nsanga
katakingira indwara z’uruhu uko babivuga, mbona gakwiriye gukoreshwa n’abakozi bo mu nganda cyangwa aho bategura amafunguro kakarinda ko imisatsi yagwa mu biriribwa no mubinyobwa!Byanteye kwibaza.
1.Ese ikigo cy’Ubuziranenge cyaragapimye cyemeza ko ukambaye atakwandura indwara z’uruhu mugiheyambaye casque yambawe n’undi mugenzi urwaye izo ndwara?
2.Ese akanozasuku gakoranye umuti nk’inzitiramibu? Muzansubize.
Bibaye ngombwa ko gakoreshwa, kagurwa n’abatwara motos ku mpamvu zo gutanga servises nziza. Iyo umuntu aguze igicuruzwa mu iduka baramupfunyikira
kugirango nejo azagaruke.
Imana izamuhe iruhuko ridashira kandi twagiye tumukuraho inama nziza cyane zagiye zidufasha kubana n’abandi muri societe.turamuibuka.
Yari Igitangaza, uwo mugabo yakoze akazi kanini aharanira uburenganzira bwa muntu. Mu myaka ye yanyuma, nibwo yaje kumenyeshwa ikibazo cy’abanyarwanda atangiye ku gicukumbura ubwe ngo azagire icyo afasha Imana imuhamagara atabigezeho. Turabimushimira.