Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

U Rwanda imbere ibindi inyuma: Intego Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yinjiranye mu kazi
25/07/2025 - 22:01
Peak into Zaria Court Kigali-Rwanda
26/07/2025 - 11:52
Perezida Kagame yakiriye Indahiro y’abagize Guverinoma Nshya ashima Dr Ngirente
25/07/2025 - 21:54Iziheruka

Kurenga ku mabwiriza yo kwirinda covid-19, kubeshya no gusuzugura Polisi byabakozeho
19/06/2020 - 11:46
COVID-19: Bafashwe batorotse #GumaMuRugo i Rusizi, abandi bafatwa baraciye iz’ubusamo bava Uganda
14/06/2020 - 21:24
U Rwanda rwakiriye ibikoresho byo kwirinda COVID-19 rwahawe n’Umwami wa Dubai
14/06/2020 - 16:02
Mu by’ukuri indirimbo ‘Ya Motema’ yabaye iya Nel Ngabo Gute? Platini yatanze igisubizo
13/06/2020 - 17:01
Ku myaka 58, Ingabire ntiyigeze adefiriza imisatsi ye. Umva byinshi mu byo akunda n’ibyo yanga
13/06/2020 - 16:34
Uganda yabakoreye iyicarubozo, ibakoresha ubucakara, bafunzwe binyuranyije n’amategeko: Ubu batashye
9/06/2020 - 23:47
Urupfu rwa Capt Mbaye Diagne, Umusirikare wa MINUAR wishwe ahangana no guhungisha Abatutsi
8/06/2020 - 10:46
Iyumvire inkirigito ya Ben Nganji. Yagusetsa imbavu zigashya
8/06/2020 - 10:32
Akanozasuku ni ngombwa, ariko narakitegereje nsanga
katakingira indwara z’uruhu uko babivuga, mbona gakwiriye gukoreshwa n’abakozi bo mu nganda cyangwa aho bategura amafunguro kakarinda ko imisatsi yagwa mu biriribwa no mubinyobwa!Byanteye kwibaza.
1.Ese ikigo cy’Ubuziranenge cyaragapimye cyemeza ko ukambaye atakwandura indwara z’uruhu mugiheyambaye casque yambawe n’undi mugenzi urwaye izo ndwara?
2.Ese akanozasuku gakoranye umuti nk’inzitiramibu? Muzansubize.
Bibaye ngombwa ko gakoreshwa, kagurwa n’abatwara motos ku mpamvu zo gutanga servises nziza. Iyo umuntu aguze igicuruzwa mu iduka baramupfunyikira
kugirango nejo azagaruke.
Imana izamuhe iruhuko ridashira kandi twagiye tumukuraho inama nziza cyane zagiye zidufasha kubana n’abandi muri societe.turamuibuka.
Yari Igitangaza, uwo mugabo yakoze akazi kanini aharanira uburenganzira bwa muntu. Mu myaka ye yanyuma, nibwo yaje kumenyeshwa ikibazo cy’abanyarwanda atangiye ku gicukumbura ubwe ngo azagire icyo afasha Imana imuhamagara atabigezeho. Turabimushimira.