Ku munsi wa mbere w’aya masiganwa hari kuri uyu wa Gatandatu Taliki 22 Ukwakira 2016, aho abasiganwe bahagurukiye mu karere ka Karongi berekeza i Rusizi ku ntera ya Kilometero 115.6, maze Nsengimana Jean Bosco aba ari we uryegukana.
Amafoto

Mbere yo guhaguruka i Karongi

Mu makoni y’i Karongi

Batangiye bagendana

Nsengimana Jean Bosco (wambaye umukara) mbere y’uko acomoka mu gikundi

Mu muhanda mushya werekeza i Rusizi

Aha bari bakiri mu mihanda ya Karongi

Umuhanda wiganjemo amakoni menshi kandi ateye ubwoba

Bisaba imbaraga zihagije mu kuguru ngo unyonge iri gare

Batangiye gusatira akarere ka Nyamasheke








Imisozi ni gutyo ahenshi iteze kubera kwirinda inkangu




Areruya Joseph wabaye uwa mbere mu isiganwa ritegura Tour du Rwanda (Rusizi-Huye)

Abafana ku mihanda yose baba bitabiriye


Abafana bishimiye cyane iri rushanwa, bariruka inyuma y’amagare


Abafana mu byishimo bidasanzwe





Nsengimana Bosco wabaye uwa mbere kuva Karongi-Rusizi
Ku munsi wa kabiri, hari ku Cyumweru taliki ya 23 Ukwakira, aho basiganwa bahagurutse mu karere ka Rusizi, banyura muri pariki y’igihugu ya Nyungwe berekeza mu karere ka Huye, kuntera ya Kilometero 140.7, maze Areruya Joseph wa Les Amis Sportifs na we yanikira abandi aza ku mwanya wa mbere.
Amafoto




Mugisha Samuel wambaye umutuku azaba akina Tour du Rwanda ku nshuro ya mbere


Nsengimana Jean Bosco

Nathan Byukusenge wa Team Rwanda imbere




Muri Nyungwe naho bari basabwe kwirinda amakoni yaho


Mu masangano y’imihanda, umwe werekeza Huye, undi ukajya Karongi


Twizerane Mathieu wigaragaje cyane muri aya marushanwa

Ubushyuye bubaye bwinshi yiminjiraho utuzi

Twizerane Mathieu wa Les Amis Sportifs yatangiye kwanikira bandi mbere gato yo kwinjira Nyungwe

Bageze mu Gisakura, ku mirima y’icyayi y’uruganda rwa Gisakura

Muri Pariki ya Nyungwe

Amafoto: Muzogeye Plaisir
Kureba andi mafoto menshi KANDA kuri kano gafoto
Ohereza igitekerezo
|