Inzego z’umutekano zatanze imyirondoro y’umugabo wafashwe yangize imodoka mu Mujyi wa Kigali
Dore ibigo bisarura akayabo mu bucuruzi bw’impera z’Umwaka
Polisi yafashe umugabo wagaragaye amenagura ibirahure by’imodoka ziparitse mu Mujyi wa Kigali
Bugesera FC yashyize iherezo ku mikino 13 Police FC yari imaze idatsindwa
police yagacubwenge ikabije guhohotera abantu bigendera mumuhanda bashaka abo ijyana kwasa inkwi zabagororwa bokurukiko rwaho nawe warajwemo cg ugatanga 5000 bakandika ko ari umusanzu wuburezi uwomusanzu ubahe
Mu gihe havugwa impanuka yaturutse kuri iriya mvura abiyita " Abamarines" bari bigabije amamodoka bayasahuramo ibyuma rubanda rurebera! Ntibikwiye ko turiya dutsiko tw’amabandi dukomeza kwigarurira kiriya gishanga bambura abantu ku manywa y’ihangu. Ubuyobozi bwa polisi, umujyi wa Kigali n’umurenge wa Gatsata nibatabare abaturage basenye kariya gatsiko k’abagangsters.
hakwiye kwigwa kuburyo bw’imbitse gestion y’amazi y’imvura mu mugi wa kigali.
ikindi nuko umuhanda wa nyabugogo kugera ku kinamba wakwegezwa hejuru nibura 2m bikajyana n’umuhanda uzakorwa na strab uva nyabugogo ukagera gatuna! hagomba kandi kwigizwa heguru kiriya kiraro! kandi ibyo bigakorwa vuba mu gihe hakwirwa gestion y’amazi y’imvura mu mugi wa kigali!
mugere mu kagari k’agatare umurenge wa nyarugenge murebe uko ibiro by’akagali byagenze!! nta kitwa akagari kikihaba karasenyutse neza neza!!!!!!!
KIGALI BAYITEHO