
Aya matara afite ishusho y’indogobe ari muri rond point mu mujyi rwagati.

Izi nyenyeri nazo ziri muri rond point.

Muri rond point ya Kacyiru.

Kiriziya ya Sainte Famille yakubise yuzuye.

Kuri Paruwase ya Sainte Famille abakirisitu babaye benshi babubakira ihema hanze.

Mu kiliziya ya Saint Etienne naho abakirisitu ni benshi cyane mu isengesho rya Noheri.

Amwe mu mamodoka y’abaje gusenga muri Saint Michel.

Abantu muri Gare ya Nyabugogo ni benshi bajya kwizihiza Noheri iwabo mu Ntara.

Amamodoka yababanye make bari kwibaza uko bari bubashe kwifatanya n’imiryango yabo muri Noheri.

Icyizere cyo gutaha kiri kugabanuka kuri bamwe.

Aha ni ku muryango winjira muri Simba Super Market. Abana bari kujya mu ndege z’ibikinisho bakaryoherwa cyane.

Imbere mu isoko rya kijyambere rya Kigali ho nta n’inyoni itamba.

Ku isoko Ry’Umujyi wa Kigali ho birasa naho ari umunsi w’ikiruhuko usanzwe nta bantu bahagaragara cyane.

Kuri koperative y’abacuruzi b’inyama i Nyabugogo abantu ni benshi cyane aho baje kugura inyama zo gusangira kuri Noheri.

Kuri UTC naho byasaga n’aho nta kigargaza umunsi mukuru.

Muri T2000 naho abitabiriye guhaha si benshi kuri uyu munsi.

Amabanki yo ntiyakoze iyi ni banki y’abaturage ya Muhima, nta n’inyoni itamba yo.
Roger Marc Rutindukanamurego
Kureba andi mafoto menshi KANDA kuri kano gafoto
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
turasabako mwazajya mutugezaho na makuru yo mumadini na byo byadufasha MURAKOZE CYANE
ahaaa! Ndabona Noheli bayizihije pe!