Musore nawe nkumi, aba nibakubere urugero (Amafoto)

Aba ni urubyiruko rw’abakorerabushake bibumbuye mu itsinda rizwi nka Youth Volunteers.

Karaba neza no hagati y'Intoki haba hari mo umwanda
Karaba neza no hagati y’Intoki haba hari mo umwanda

Kuva Icyorezo cya Coronavirus cyagaragara mu Rwanda, uru rubyiruko rwigomwe umwanya warwo, rwiyemeza gufasha Abanyarwanda guhangana n’ikwirakwizwa ry’icyo cyorezo babakangurira gukaraba kenshi intoki igihe binjiye muri za gare aho bategera amamodoka, kwambara neza udupfukamunwa kandi dusukuye, ndetse no guhana intera igihe bari mu ruhame, kugira ngo iki cyorezo kitazagira aho kimenera.

Dore uko uru rubyiruko ruba rufanya abanyarwanda mu gukumira ikwirakwizwa rya Coronavirus.

Nugera mu rugo ubwire n'abandi ko ntaho banyura batabanje gukaraba
Nugera mu rugo ubwire n’abandi ko ntaho banyura batabanje gukaraba
Mwihekerana nimuhane intera bavandi
Mwihekerana nimuhane intera bavandi
Gukaraba amazi gusa ntibihagije ugomba no gukoresha iyo sabune ni cyo bayihashyiriye
Gukaraba amazi gusa ntibihagije ugomba no gukoresha iyo sabune ni cyo bayihashyiriye
Ejobundi mwagaragayemo abarwayi, nizereko byabakanguye mugakaza ubwirinzi
Ejobundi mwagaragayemo abarwayi, nizereko byabakanguye mugakaza ubwirinzi
Basore na mwe nkumi ubutwari buraharanirwa nimukomereze aho
Basore na mwe nkumi ubutwari buraharanirwa nimukomereze aho
Intego ni ugukora neza bakatureberaho bakarushaho kwirinda iki cyorezo
Intego ni ugukora neza bakatureberaho bakarushaho kwirinda iki cyorezo
Ntabe ari njye wambara nabi agapfukamunwa nkaba isoko ya Coronavirus mu muryango wanjye
Ntabe ari njye wambara nabi agapfukamunwa nkaba isoko ya Coronavirus mu muryango wanjye
Mubanze munyure hirya aho murahasanga umuntu twampaye kimwe abapime umuriro
Mubanze munyure hirya aho murahasanga umuntu twampaye kimwe abapime umuriro
Iyo bamaze kugupima unyura hariya ugakaraba ubundi ugakomeza ugana muri gare
Iyo bamaze kugupima unyura hariya ugakaraba ubundi ugakomeza ugana muri gare
Muhumure mwibyigana, mwese murabona imodoka, nimuhane intera rwose
Muhumure mwibyigana, mwese murabona imodoka, nimuhane intera rwose
Dore nkawe wambaye nabi agapfukamunwa banza ukambare neza upfuke n'amazuru
Dore nkawe wambaye nabi agapfukamunwa banza ukambare neza upfuke n’amazuru
Namwe nimutandukane kandi ako gapfukamunwa kanapfuke amazuru
Namwe nimutandukane kandi ako gapfukamunwa kanapfuke amazuru
Wowe uraryamye? Mbega wowe!! Uzaze dufatanye gufasha Abanyarwanda gukumira Coronavirus ibyo si by'abantu basobanutse
Wowe uraryamye? Mbega wowe!! Uzaze dufatanye gufasha Abanyarwanda gukumira Coronavirus ibyo si by’abantu basobanutse
Imyanya yemewe kwicaramo yarangiye, muragenda nikurikira
Imyanya yemewe kwicaramo yarangiye, muragenda nikurikira
Intore ni Nkore neza bandebereho
Intore ni Nkore neza bandebereho
Ohereza batatu nibo babura ngo yuzure
Ohereza batatu nibo babura ngo yuzure
Ntako bisa gukorera igihugu cyakubyaye
Ntako bisa gukorera igihugu cyakubyaye

Photo: Nyirishema Fiston

Kureba andi mafoto menshi KANDA kuri kano gafoto  KT Photo

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka