- Karaba neza no hagati y’Intoki haba hari mo umwanda
Kuva Icyorezo cya Coronavirus cyagaragara mu Rwanda, uru rubyiruko rwigomwe umwanya warwo, rwiyemeza gufasha Abanyarwanda guhangana n’ikwirakwizwa ry’icyo cyorezo babakangurira gukaraba kenshi intoki igihe binjiye muri za gare aho bategera amamodoka, kwambara neza udupfukamunwa kandi dusukuye, ndetse no guhana intera igihe bari mu ruhame, kugira ngo iki cyorezo kitazagira aho kimenera.
Dore uko uru rubyiruko ruba rufanya abanyarwanda mu gukumira ikwirakwizwa rya Coronavirus.
- Nugera mu rugo ubwire n’abandi ko ntaho banyura batabanje gukaraba
- Mwihekerana nimuhane intera bavandi
- Gukaraba amazi gusa ntibihagije ugomba no gukoresha iyo sabune ni cyo bayihashyiriye
- Ejobundi mwagaragayemo abarwayi, nizereko byabakanguye mugakaza ubwirinzi
- Basore na mwe nkumi ubutwari buraharanirwa nimukomereze aho
- Intego ni ugukora neza bakatureberaho bakarushaho kwirinda iki cyorezo
- Ntabe ari njye wambara nabi agapfukamunwa nkaba isoko ya Coronavirus mu muryango wanjye
- Mubanze munyure hirya aho murahasanga umuntu twampaye kimwe abapime umuriro
- Iyo bamaze kugupima unyura hariya ugakaraba ubundi ugakomeza ugana muri gare
- Muhumure mwibyigana, mwese murabona imodoka, nimuhane intera rwose
- Dore nkawe wambaye nabi agapfukamunwa banza ukambare neza upfuke n’amazuru
- Namwe nimutandukane kandi ako gapfukamunwa kanapfuke amazuru
- Wowe uraryamye? Mbega wowe!! Uzaze dufatanye gufasha Abanyarwanda gukumira Coronavirus ibyo si by’abantu basobanutse
- Imyanya yemewe kwicaramo yarangiye, muragenda nikurikira
- Intore ni Nkore neza bandebereho
- Ohereza batatu nibo babura ngo yuzure
- Ntako bisa gukorera igihugu cyakubyaye
Photo: Nyirishema Fiston
Kureba andi mafoto menshi KANDA kuri kano gafoto
Inkuru bijyanye na: Coronavirus
- Mu Rwanda abantu 5 bishwe na COVID-19, habonetse abanduye bashya 312
- Amakuru y’uwanduye COVID-19 azajya amenyeshwa abayobozi b’aho atuye
- Kigali: Bamwe kuguma mu rugo babigize ibihuha. Dore uko byifashe mu mafoto
- AS Muhanga yasubitse amasezerano y’abakozi
- Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga wa Zimbabwe yahitanywe na Covid-19
- Hari abatorohewe no kugera mu rugo saa kumi n’ebyiri, abakora ingendo za ngombwa barafashwa
- Dore Serivisi z’ingenzi zemerewe gukomeza mu gihe cy’ingamba zo kwirinda Covid-19
- Mu Rwanda abantu 2 bishwe na COVID-19, habonetse abarwayi bashya 289
- Bishimiye ko abana bato basubiye ku ishuri, biyemeza kubafasha kwirinda COVID-19
- Abasubijwe muri Guma mu Rugo barasabwa gutinya COVID-19 kurusha uko batinya inzara
- Gukora Siporo muri Kigali utarenze Umudugudu wawe biremewe
- Abatunguwe na Guma mu Rugo i Kigali barafashwa gukora ingendo ku munsi wa mbere
- Umuti ugabanya ubukana bwa COVID-19 uragera mu Rwanda kuri uyu wa Gatatu
- Mu Rwanda abantu 4 bishwe na COVID-19, habonetse abarwayi bashya 227
- Kigali: Abantu 12% banduye Covid-19 (ubushakashatsi)
- Umujyi wa Kigali washyizwe muri Guma mu Rugo (Inama y’Abaminisitiri)
- Perezida Kagame yayoboye Inama y’Abaminisitiri yize ku kurwanya COVID-19
- Covid-19 iratwegereye cyane, tubyibazeho neza itatwegera kurushaho - Minisitiri Busingye
- Kigali: Polisi yafatiye abantu 13 mu rugo rw’umuturage barenze ku mabwiriza yo kurwanya COVID-19
- Mu Rwanda abantu 182 babasanzemo COVID-19, abapfuye ni babiri
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|