• Karoti: Ingirakamaro ku buzima bwiza bw’amaso, amenyo, umutima, n’amagufa

    Hari abantu benshi bakunda karoti, haba kuzihekenya ari mbisi ndetse no kuzirya zihiye, bakazirya kuko zibaryohera ariko batazi akamaro kazo mu mubiri w’umuntu uzirya. Ako kamaro ni ko tugiye kubagezaho.



  • Kunywa amazi ahagije ni ingenzi ku buzima bwiza bw

    Menya uko unywa amazi: igihe cyo kuyanywa, ingano yayo n’akamaro bigufitiye

    Amazi ni ingenzi ku buzima bwa muntu, nubwo bivugwa ko nta ntungamubiri agira, ariko ni ngombwa kuyanywa kenshi kuko umubiri w’umuntu ugizwe hagati ya 60 % na 70 % n’amazi.



  • Menya emoroyide, indwara ifata mu kibuno

    Emoroyide (Hemorroide) ni indwara ifata umwanya umwanda munini usohokeramo haba mo imbere cyangwa se inyuma, hakabyimba kuburyo iyo umuntu agiye kwituma ababara. Hari imitsi ikura amaraso muri uwo mwanya, iyo itagikora neza bituma ibyimba amaraso ntatembere neza bityo akitsindagira aho, bigatuma umuntu agira ibibyimba mu kibuno.



  • Ibi binini by

    Bafite impungenge ku binini by’abagabo bibarinda gutera inda

    Nyuma y’uko abashakashatsi bo muri Amerika bashyize ahagaragara ibinini byagenewe abagabo bibarinda gutera inda zitateganyijwe, abantu batandukanye ntibarimo kuvuga rumwe ku ikoreshwa ryabyo.



  • Ibihaza ni ingirakamaro cyane ku buzima bw

    Inzuzi zakubera umuti w’inzoka zo mu nda

    Urubuga bienmanger.com, ruvuga ko n’ubwo benshi batazi ko inzuzi z’ibihaza ziribwa, izi mbuto zo mu bihaza, ari ibiryo bimenyerewe mu bice bitandukanye by’isi ndetse bikunzwe mu bihugu nka Mexique ndetse binifashishwa kuva kera nk’umuti wo kwivura cyangwa nka kimwe mu bikora imiti y’inzoka.



  • Dore impamvu zatuma umwembe utabura ku ifunguro ryawe

    Abahanga mu by’imirire bavuga ko ari byiza ko umuntu arya imboga n’imbuto kugira ngo agire ubuzima bwiza. Mu mbuto umuntu akwiye kurya harimo n’imyembe, akaba ari yo mpamvu twifuje kubagezaho bimwe mu byiza byo kurya urwo rubuto.



  • Tungurusumu ni umuti uvura indwara zitandukanye

    Tungurusumu yagufasha kwirukana imibu mu nzu

    "Mureke ibiryo bibe imiti, n’imiti ibe ibiryo” “Let food be thy medicine, and medicine be thy food". Ayo ni amagambo yavuzwe n’Umuganga w’Umugiriki witwa Hippocrates, wabayeho mu myaka ya kera, kuko bivugwa ko yavutse ahagana 460, akaba yarapfuye muri 377 mbere y’ivuka rya Yezu. Akenshi akaba afatwa nk’aho ari we (…)



  • Ikirango cy

    Thecatvevo250 nta gahunda afite yo kwerekana isura ye ku mugaragaro

    Abakoresha imbuga nkoranyambaga nka Instagram, Facebook, cyane cyane Youtube, bazi uwitwa thecatvevo250_, utangaza amakuru anyuranye, ariko atungura benshi, aho akunze kuvuga ku buzima n’amakuru y’ibanga, cyane ku byamamare. Akunda kandi no gukora ubuvugizi ku bantu bababaye, asaba ko abantu babafasha ndetse abamukurikira (…)



  • Abakuze, abatwite, abana n’abafite intege nke bagirwa inama yo kurya inyanya kenshi

    Inyanya ni kimwe mu biribwa abantu bakoresha kenshi mu mafunguro yabo ya buri munsi.



  • Mu Biryogo hafatwa nk

    Imvugo y’uko inyandiko zitari umwimerere ziba ari ‘indyogo’ yaturutse he?

    Hari imvugo usanga ikoreshwa hirya no hino mu Rwanda ko inyandiko zose z’impimbano zitari umwimerere bazita ‘indyogo’. Muri izo nyandiko harimo impushya zo gutwara ibinyabiziga, amakarita y’ubwisungane mu kwivuza, indangamanota z’amashuri, impamyabumenyi z’amashuri mu byiciro bitandukanye, n’izindi.



  • Umunsi mpuzamahanga w

    Menya impamvu tariki ya 1 Gicurasi yagizwe umunsi mpuzamahanga w’umurimo

    Umunsi mpuzamahanga w’abakozi ufite inkomoko ku cyiswe “Haymarket affair”, iyi ikaba ari imyigaragambyo yabereye i Chicago mu 1886 aho abakozi baharaniraga ko amasaha y’akazi yagabanywa akava kuri 12 akagirwa umunani ku munsi.



  • Inanasi irwanya kanseri, igafasha n’amaso kubona neza - Sobanukirwa akandi kamaro kayo

    Inanasi ni urubuto rwiza kandi rufite akamaro mu mubiri w’umuntu , nk’uko urubuga rwa Interineti www.femininbio.com rubivuga. Ibi ni bimwe mu byiza byo kurya urwo rubuto.



  • Dore impamvu ukwiye kurya indimu buri munsi

    Indimu ni urubuto rwiza kandi rufite akamaro gakomeye ku buzima bw’umuntu. Nk’uko tubikesha urubuga superfoodly.com, indimu zishobora kunyobwa mu mazi cyangwa zikaribwa nk’imbuto bisanzwe.



  • Ukeneye kugira ubwonko bukora neza? ‘Coeur de Boeuf’ yabigufashamo

    Ku rubuga rwa Internet www.astucesnaturelles.net , bavuga ko urwo rubuto rufite izina rya siyansi ‘Annona reticulate’, cyangwa ‘Cachiman’. Ni urubuto rukomoka muri Amerika, rukaba ari urubuto rufite ibyiza byinshi.



  • Ibyiza byo kurya ibitunguru

    Ibyiza by’ibitunguru ku buzima bw’abantu ni byinshi kandi icyiza cy’ibitunguru, ntibyongerera ubiriye ibiro, ikindi kandi biraryoha bikanahumura neza.



  • Uwahoze ari umuyobozi w

    Aba bayobozi bijeje Abanyarwanda ibitangaza

    Mu bihe bitandukanye, abayobozi mu nzego zinyuranye bagiye bagaragaza ibikorwa bisa n’ibitangaza bazakora mu gihe runaka.



  • Menya uko inyoni zimenya ko bukeye zikaririmba

    Nta kintu cyiza nko kubyuka wumva inyoni ziririmba dore ko hari izigira amajwi meza. Indirimbo zituje ziririmbwa n’inyoni mu gitondo, zinogera amatwi n’imitima y’abantu. Ariko se inyoni zidukangura ngo tubyuke tujye ku murimo zibwirwa n’iki ko bukeye ngo ziririmbe?



  • Hari abatakibona umwanya wo kubeshya

    Mu gihe mu bihe byashize abantu batandukanye babaga bafashe umunsi wa mbere w’ukwezi kwa kane nk’umunsi udasanzwe, bamwe bafataga nk’umunsi wo kubeshya ndetse bakanabikora, muri iki gihe iyo myumvire isa n’igenda ihinduka, aho abantu bavuga ko bashishikajwe no gushaka imibereho kuruta kwirirwa bahimba ibinyoma byo kubeshya (…)



  • Ibi binini bizagabanya ikorwa ry

    Habonetse ibinini bifasha abagabo kuboneza urubyaro

    Isuzuma rya mbere ryakozwe ku binini byafasha abagabo kuboneza urubyaro ryagaragaje ko bishoboka cyane, bikazaza byunganira uburyo busanzwe buhari mu kuboneza urubyaro.



  • Indege zigendera mu kirere cya kure kenshi zigaragara zica imirongo y

    Kuki indege ziri hejuru cyane zica imirongo isa nk’imyotsi?

    Ni kenshi tubona mu kirere indege ziri kure zigenda zica imirongo y’imyotsi, ariko zaba zegereye ku butaka zikaboneka nta myuka zisohora.



  • Menya abagore 10 bakize kurusha abandi muri Afurika

    Mu gihe abagabo nka Jeff Bezos ukize kurusha abandi ku isi na Aliko Dangote ukize kurusha abandi muri Afurika bakunze kuvugwa, uyu munsi Kigali Today yabakusanyirije amakuru ku bagore b’abaherwe kurusha abandi muri Afurika.



  • Irwanya umuvuduko w’amaraso, diyabete… dore ibyiza bya ‘Vin Rouge’ ku buzima bw’umuntu

    Abasanzwe banywa divayi itukura (Red Wine/Vin Rouge), bazi ko ari byiza kuyinywa nyuma yo gufata ifunguro ryabo, cyangwa nyuma y’akazi nimugoroba, bakamenya ko ari isoko y’ibyishimo, ko ifasha mu kuruhuka no gutuma baseka n’ibindi byiza bayivugaho.



  • Amaroza atukura

    Dore icyo indabo zisobanura n’igihe zikoreshwa

    Indabo zigaragara mu bihe bitandukanye by’ingenzi mu buzima bw’abantu, nko mu birori byo kwizihiza isabukuru z’amavuko, mu gushyingura abitabye Imana, mu birori byo kurangiza amashuri, mu bukwe no mu bindi, ku buryo indabo zifite uruhare mu buzima bw’abantu bwa buri munsi.



  • Hari abagira amatsiko y

    Ibicuro, gucana umuriro ugahutera, inkono ibize nabi, kubabara umugongo,... Ibimenyetso bifatwa nk’imbuzi

    Hari abantu bavuga ko bagize ibicuro, cyangwa bakabona ibindi bimenyetso kandi bakemeza ko ibyo ibicuro byabo cyangwa ibimenyetso byasobanuraga babibonye, cyangwa biteguye kubibona vuba.



  • Guseka ni umuti ukomeye kandi uboneka mu buryo bworoshye

    Igitwenge: Umuti ukomeye uvura guhangayika(Byinshi ku kamaro ko guseka)

    Ni byiza kwishimana n’abantu mugaseka, ariko se mwari muzi ko guseka bifite akamaro gakomeye mu buzima bw’umuntu?



  • Ibyuma bikoreshwa basaka byaba bigira ingaruka ku buzima?

    Abahanga mu bijyanye n’ikoreshwa ry’ibyuma bisaka bishyirwa ku bibuga by’indege n’ahandi hari inzu zihurirwamo n’abantu benshi, bavuga ibitandukanye ku kuba byaba bigira ingaruka ku buzima bw’abantu cyangwa se ntazo.



  • Menya ingaruka zo kudefiriza umwana

    Muri iyi minsi, hari ababyeyi benshi bahitamo gushyira imiti (produit) mu misatsi y’abana babo, kugira ngo inyerere, yorohe, isokoreke bitagoranye, hakaba n’ababyeyi bavuga ko iyo umwana afite imisatsi idefirije, ari bwo agaragara neza. Kigali Today yashatse kumenya niba kudefiriza umwana ari byiza cyangwa ari bibi, isura (…)



  • Kugenda kuri moto mu mvura ni kimwe mu byagukururira gukubitwa n’inkuba

    Mu gihe Itumba rya 2019 ryitezweho kuzarangwa n’imvura nyinshi, Minisiteri ishinzwe Ibikorwa by’Ubutabazi (MINEMA) iravuga ko hari imwe mu myitwarire, irimo no kugenda ku binyabiziga bidatwikiriye, ishobora kubakururira gukubitwa n’inkuba.



  • Mukaperezida na Kwizera

    Kuki umusore arongora umukecuru bikaba ikibazo?

    Mu gihe mu Rwanda usanga bamwe bafata ko umusore yagombye gushakana n’umukobwa aruta cg bari mu kigero kimwe, muri 2014, mu Karere ka Kayonza mu Ntara y’Iburasirazuba, umusore w’imyaka 23 witwa Mohamed Habimana yabengutse uwitwa Jeannette Kamagaju w’imyaka 60 y’amavuko abantu bamwe baravuga ngo ‘ishyano ryaguye’.



  • ibyishimo byari byose ku maso ya Donath na Mukamuganga Monique nyuma yo gusubizwa uburenganzira bari bambuwe

    Nyuma yo kwangirwa gushyingirwa na pasiteri, itorero ryabakoreye ubundi bukwe

    Kuri uyu wa gatandatu tariki 23 Gashyantare 2019, byari ibirori bikomeye mu itorero Methodiste Libre Paruwasi ya Mwito mu karere ka Nyamasheke u murenge wa Bushenge, ubwo hatahaga ubukwe budasanzwe bwa Sibomana Donath na Mukamuganga Monique, abantu bose batabasha guhisha amenyo uretse pasitori wabasezeranyije wenyine.



Izindi nkuru: