Tumwe mu dukino twa kera twakinwe na benshi mu bwana

Benshi mu bakuriye mu Rwanda no hirya no hino mu biyaga bigari, hari udukino dutandukanye usanga bahuriragaho, mu myidagaduro yabo ya buri munsi.

Uyu mwana yubatse Convention Center mu ibumba. Photo/Internet
Uyu mwana yubatse Convention Center mu ibumba. Photo/Internet

Tumwe muri utwo dukino wasangaga ababyeyi batatwishimira, ariko ugasanga ntibabyumva kimwe n’abana kuko akenshi badukinaga bihishe, bataha bagasanga ababyeyi babateguriye ikinyafu cyo kubanyuzaho.

Tumwe muri utwo dukino ni utu dukurikira:

1. Kwidumbaguza

Kwidumbaguza abana ntibabyumvaga kimwe n'ababyeyi/ Photo/ Internet
Kwidumbaguza abana ntibabyumvaga kimwe n’ababyeyi/ Photo/ Internet

2. Kuvuza ingoma ku madebe

Uyu mwana ari kuvuza ingoma ku gikopo cya NIDO. Photo/ Internet
Uyu mwana ari kuvuza ingoma ku gikopo cya NIDO. Photo/ Internet

3. Gukora imodoka mu tujerikani

Uyu yakoze rukururana mu majerikani.Photo/ Internet
Uyu yakoze rukururana mu majerikani.Photo/ Internet

4. Gukina biye

Uyu mukino wa biye abana benshi barawukubitiwe ariko kuwuvaho bikaba ikibazo . Photo/Internet
Uyu mukino wa biye abana benshi barawukubitiwe ariko kuwuvaho bikaba ikibazo . Photo/Internet

5. Kotsa runonko

Runonko yotswaga n'abana baragiye.Photo/ Internet
Runonko yotswaga n’abana baragiye.Photo/ Internet

6. Gutwara amagurudumu

igurudumu nk'iyi yabonaga umugabo igasiba undi. Photo/ Internet
igurudumu nk’iyi yabonaga umugabo igasiba undi. Photo/ Internet

7. Kurasa inyoni n’amatopito

Itopito yagize uruhare mu guhohotera inyoni/ Photo/ Internet
Itopito yagize uruhare mu guhohotera inyoni/ Photo/ Internet

8. Kubaka inzu mu byondo

Uyu mwana yubatse Convention Center mu ibumba. Photo/Internet
Uyu mwana yubatse Convention Center mu ibumba. Photo/Internet

9. Guteka Nyirankono

Nyirankono abana biganaga ababyeyi babo uko bateka. Photo/Internet
Nyirankono abana biganaga ababyeyi babo uko bateka. Photo/Internet

10 Kurya umunyenga mu ngorofani

Umunyenga wo ku ngorofani ni Ntagereranywa.Photo/Internet
Umunyenga wo ku ngorofani ni Ntagereranywa.Photo/Internet

11 Gukina ikibariko

Ikibariko ni umukino wakundwaga n'abakobwa cyane.Photo/Internet
Ikibariko ni umukino wakundwaga n’abakobwa cyane.Photo/Internet

12 Gucunga ibipine

Igipine nacyo cyabonaga umugabo kigasiba undi. Photo/Internet
Igipine nacyo cyabonaga umugabo kigasiba undi. Photo/Internet

13 Gukinira mu mvura

Kwinyagiza abana barabikundaga nubwo byagiraga ingaruka nyinshi. Photo/Internet
Kwinyagiza abana barabikundaga nubwo byagiraga ingaruka nyinshi. Photo/Internet

14. Kwikuruza.

Gukura utarikuruje byabaye ku bana bake. Photo/Internet
Gukura utarikuruje byabaye ku bana bake. Photo/Internet

15. Guhekana mapyisi

Uwahetswe Mapyisi yabaga yariye kare kugira ngo bitagaruka
Uwahetswe Mapyisi yabaga yariye kare kugira ngo bitagaruka

Niba hari agakino wakinnye mu Bwana twibagiwe wadusangiza.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 28 )

koga mu kiyaga musiganwa
gukora sport mumazi
kuroba ukoresheje indobani

Bosco yanditse ku itariki ya: 2-10-2017  →  Musubize

Umukino twakundaga wo gukora imodoka mu bikenyeri!. Hari n’undi mukino witwaga komborori!. Umupira wo mu muhanda no gukora ibitogotogo bibajwe mu biti!.

Kwizera Déo yanditse ku itariki ya: 2-10-2017  →  Musubize

Gukina imifuniko ya fanta y’inzoga muyinaga mumwobo, iguyemo ukayitwara

Kore yanditse ku itariki ya: 2-10-2017  →  Musubize

Mwibagiwe gucuranga ntamujunde.
gutwara indege y,ibikenyeri
akarato passe.

nkundimana yanditse ku itariki ya: 2-10-2017  →  Musubize

hari kandi na :
 DOGOMA = gusheta no kuryana muri biye
 amakarita
 amakarita y’ ibihugu
 ifarasi(abantu 2 ari ifarasi n’ undi uburira)
 kubwirana filime no kuzikina
 gukina ubukwe cyangwa papa na mama

deo yanditse ku itariki ya: 2-10-2017  →  Musubize

hari icyo mwibagiwe" Gukina iby’abana" mwakinaga umwe yabaye papa undi ari mama. mwarangiza mukajya kuryamana. mugakora n’ibintu da!

richard yanditse ku itariki ya: 2-10-2017  →  Musubize

hari undi mukino mwibagiwe
1. gukora itiyara (indege ikozwe mushashi nuduti twumweyo)
2. Rubaho (imbunda yimifuniko ya fanta)
3. gupinga reka mbirye
4. sheta head (kunama bakagukubita mumutwe ukavuga ubikoze)
5. gukina imigeri
6. kukina abakinnyi (twa dufoto twavaga muri shikarete)

umvA Nibyishiiiii sinabivamo pe

hamza yanditse ku itariki ya: 2-10-2017  →  Musubize

ndakwemeye kbsa uribuka cyan kbsa

sunzu yanditse ku itariki ya: 3-10-2017  →  Musubize

Hariho n’umukino wo kumasha utera uruziga. Wari umukino abantu bakundaga.

Placide Ntamwete yanditse ku itariki ya: 2-10-2017  →  Musubize

Uzi icyo bitaga sinabyaye! na Gomali kwicara utayivuze bakakudiha !!!

Kalisa yanditse ku itariki ya: 1-10-2017  →  Musubize

gukubita inbwa ibaje mugiti.kwijugunya kwishami gigiti.gusimbuka urukiramende gutaba ikiganza ukoresheje umukungugu mukobo.

arias yanditse ku itariki ya: 1-10-2017  →  Musubize

gukora telephone mu kibiriti , gukora imodoka munsinga (imikwege)

Mwiza yanditse ku itariki ya: 1-10-2017  →  Musubize

Gusimbuka umugozi
Gukina ipira
Gukina muzunga
Gukirana
Gukina rubito.

alias ngaruye yanditse ku itariki ya: 1-10-2017  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka