Umuyobozi w’urwego rw’abanyamakuru bigenzura yasabye Leta kugira amafaranga igenera abanyamakuru

Umuyobozi w’Urwego rw’Igihugu rw’Abanyamakuru bigenzura, yasabye ko Leta yagira amafaranga igenera ibinyamakuru, ku bw’umurimo bikora, cyane cyane wo gutanga amakuru ajyanye na gahunda Leta ishaka ku baturage.

Madame Mutesi Scovia ufite n’ikinyamakuru Mama Urwa Gasabo yabwiye Perezida wa Repubulika n’abitabiriye Umushyikirano, ko abanyamakuru babivamo bakicara, kuko babuzemo ikibatunga.

Yagize ati "Twasabaga Nyakubahwa Perezida wa Repubulika ko Leta yagira amafaranga igenera itangazamakuru ku byo tugeza ku baturage tubaha amakuru ya gahunda za Leta."

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka