Abari muri iyo nama kandi baraganira no ku ngamba zo kurushaho kwirinda no gukumira icyorezo cya COVID-19 nk’uko ibiro by’Umukuru w’Igihugu bibitangaje.
Ibitekerezo ( 4 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Abari muri iyo nama kandi baraganira no ku ngamba zo kurushaho kwirinda no gukumira icyorezo cya COVID-19 nk’uko ibiro by’Umukuru w’Igihugu bibitangaje.
|
|
Abanyarwanda banyurwa n’imiyoborere n’imitangire ya serivisi ni 76.7% - RGB
Ruhango yashinze inkingi eshatu zo kubakaho isuku
Uvira mu mayirabiri kubera AFC/M23 yahereje umupira abahuza
Ibigo by’ubucuruzi birenga 100 byahaniwe amakosa mu masoko ya Leta
Twishimiye imyanzuro yafatiwe mubyemezo by,inama yabaminisitiri.
Turashimira umusaza wacu ko ahora aharanira icyatezimbere igihugu cyacu ndetse nabanyarwanda murirusange
Turamukunda cyane
Iyo Nama yateranye uyumunsi twiteguye kubahiriza amabwiriza mashya no kuyashyira mubikorwa kdi umusaza wacu twishimira ibyiza ahora yifuriza urwanda rwacu murakoze
Turabashimiye iyenama dutejyereje ingamba ziribuve tubiteranyije amatsiko menshi