Abari muri iyo nama kandi baraganira no ku ngamba zo kurushaho kwirinda no gukumira icyorezo cya COVID-19 nk’uko ibiro by’Umukuru w’Igihugu bibitangaje.



Ibitekerezo ( 4 )
Ohereza igitekerezo
|
Abari muri iyo nama kandi baraganira no ku ngamba zo kurushaho kwirinda no gukumira icyorezo cya COVID-19 nk’uko ibiro by’Umukuru w’Igihugu bibitangaje.
|
Mwitegure kujya kuyobora kuko ni mwe Afurika ikeneye - Perezida Kagame
Tubona Siporo nk’inzira y’iterambere n’amahirwe - Perezida Kagame
David Lappartient yashimiye u Rwanda ku ruhare bagize mu kuzana Shampiyona y’isi y’amagare muri Afurika
Peter Mutharika wayoboye Malawi yatsinze amatora ku majwi 57%
Twishimiye imyanzuro yafatiwe mubyemezo by,inama yabaminisitiri.
Turashimira umusaza wacu ko ahora aharanira icyatezimbere igihugu cyacu ndetse nabanyarwanda murirusange
Turamukunda cyane
Iyo Nama yateranye uyumunsi twiteguye kubahiriza amabwiriza mashya no kuyashyira mubikorwa kdi umusaza wacu twishimira ibyiza ahora yifuriza urwanda rwacu murakoze
Turabashimiye iyenama dutejyereje ingamba ziribuve tubiteranyije amatsiko menshi